Roman Catholic Church Emperor mu bikorwa bya hacking ibinyamakuru bya InyangeNews Media Agnecy

 

Inkozi z’ikibi z’abanyamadini ziyobowe na «Roman Catholic Churches Emperor» zaraye zikoze inama y’ubugambanyi ikomeye cyane yo gushakisha uko basenya burundu ikinyamakuru www.inyangeNewss.com kugirango abantu badakomeza gusoma amabanga yabo ni uko baciriweho iteka rya burundu. Nyuma yo gushimuta www.inyangeNewss.com tukayisubizaho, bakozwe nisoni zikomeye cyane! Kandi bari bizeye ko ubugome bakoze budasubirwaho ari gaheza.

Ndabibutsa yuko ibyo mulimo gukora ar’intambara ishaje twanyuzemo mu myaka yashize. Nta gishyashya na kimwe kidasanzwe mulimo gukora cyadutunguye tutari twabona.

Uko mukomeza kundwanya, niko isi ikomeza kwinjira mu bibazo bikomeye cyane! Bishobora kutazoroha kuko ibyo mwibwira byose byamaze gucirwaho iteka rya burundu. So now it seemingly that you’re like hopeless. Isi iri mukaga gakomeye cyane, kandi igiye kurushaho kwinjira mu muriro utazazima kuko mwanze kumva, mwiringiye ubutunzi bwanyu. Ariko intambara ya l ni ya ll zahitanye imbaga kw’isi yose ndatekereza ko zabereye hano kuri iyisi ni myaka (72) gusa ishize ntabwo ari cyera cyane ku buryo mwaba mwarabyibagiwe.

Nubu rero mwitegure ko hagiye kwaka undi muriro uruta uwatse murizo ntambara zose zabayeho. Ubwanyu murabizi neza ko isi yamaze gucikamo ibice (2). Capitalists and Socialists barahanganye kandi aho bucyera igihuru kiraza kubyara igihunyira. Ubutunzi mulimo kuruhira murundanya bushobora kuzahinduka imfabusa. Nta mahoro mushobora kuzapfa mubonye igihe cyose mwumva ko mudashobora kumpa amahoro, yaba umuntu umwe ku giti cye, cyangwa yaba igihugu kimwe cyangwa byinshi «provided you’re against me, and also I’ll be against you». Lazima kieleweke!!!

Muzajya murandwanya inshuro imwe, nzajya mbakubira (7×70) kuzageza igihe muzaruha mukamvaho burundu mugaca bugufiya kuzageza igihe cyategetswe. Isi ntabwo arimwe mwayiremye, na bayituye ntabwo arimwe mwabaremye ku buryo mushobora kubapangira uko bakwiye kubaho. Ifite uwayiremye kandi niwe ufite gahunda zose munshingano ze.

Socialists ubu bafite ibihugu bigera kuri (57) bikomeye kandi bikungahaye byamaze gutangaza ko bigiye kwinjira mu muryango wa BRCIS, bivuzeko America ibihugu ya yoboraga (196) byibumbiye muri United Nations imbaraga zayo zigiye gucishwa bugufiya. Ntabwo America n’inshuti zayo bizemera ko byamburwa imbaraga nicyubahiro bari bafite mw’isi byanze bikunze hagomba kubaho intambara bagakozanyaho kandi ishobora kuzatuma isi isigara mukangaratete.

Already Russia yageze muri DRCongo mu ntambara igiye gufashamo igisirikare cya Congo kurwanya M23/RDF y’Umwakagara. Ni mu gihe Umwakagara alimo kwiba amabuye yagaciro ayaha Abongereza n’America. Report ya UN yavuba aha iravuga ko company ya google, Apple, Microsoft barinyuma y’intambara ilimo kubera muri DRCongo balimo kugura amabuye ya gaciro kugiciro cyo hasi cyane. Leta y’Ubwongereza miliyoni £350 za ma pound bavugako bashaka kuguha uRwanda doreko bamaze guha Umwakagara miliyoni £100 za ma pound ayo bitirira ko azafasha impunzi zizoherezwa mu Rwanda bavuga ko ar’igihugu gitekanye wagirango intambara uRwanda rwashoje muri Congo ntabwo baturanye.

Ariko ubirebye neza wasanga ziliya cash Leta ya Ubwongereza ishaka guha uRwanda ni cash zo kugura amabuye ya gaciro aturuka muri DRCongo kuko uRwanda ruherutse gusinyana amasezerano na za society zicuruza amabuye ya gaciro kandi bizwi neza ko uRwanda ari nta mabuye ya gaciro bagira. Aha wakwibaza ayo mabuye bazaha izo society aho bazayakura niba atari amabuye aturuka muri DRCongo muri M23. Abazungu covid 19 yabasize bacyennye none barashaka kwisuganya mu butunzi bwa DRCongo bakoresheje uRwanda.

Muyandi magambo America n’Ubwongereza bari mu Rwanda, naho BRICS ubwo ni CHINA na RUSSIA nabo bari muri DRCongo. Ufashe miliyoni £350×1657 agangana na tiriyali 579,950 zamashillingi yo mu kadomo. Urabona ko ari cash zirenze ubwenge,ndetse n’inkunga ya Leta ntabwo yari yigera igera kuri iki kigero. Rero uvuzeko ari cash zo gufasha impunzi wasanga halimo (TENA) kuko ubwo Bwongereza bushobora gukoresha izo cash ku impunzi zikaba mu kindi gihugu kitari uRwanda.

 egretnewsseditor@gmail.com 

Skip to toolbar