Category Archives: Top News

Imanza zitabera ziteye ubwoba zirukanye President RUTO ku ngoma!

 

Amakuru yatangajwe ni citizen TV, yo mu gihugu cya Kenya, aravuga ko intekoshingamategeko yatorewe umushinga witegeko uvuga uko umukuru w’igihugu ucyuye igihe, uko azajya atanga ubutegetsi kugiye kumusimbura ku ngoma. «MPs change composition of presidency assumption of office committee» ibi bije nyuma yahoo umushinga w’ibiganiro wiswe «bipartisan nation dialog talks» wemejwe n’intekosingamategeko na Senate ko ububiko bwa SERVER bubitse amakuru y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye 2022 igomba gufungurwa.

Raila Odinga is a professor of the politics in the world

 

Amakuru agera ku InyangeNewss.com aratangaza ko Leta ya Kenya kwanza administration yemeye gufungura ububiko bw’amakuru yamatora yabaye 2022 post-general election. Biteganijwe ko KK regime batangaza abantu babo (3) biyongera ku bandi ba (3) ba Azimio La Umoja One Kenya Coalition.

TikTok: China’s Instrument of War

If you have TikTok on a device, you are getting what the Communist Party of China (CCP) wants you to see. The Chinese regime has used its algorithm to disseminate pro-Hamas disinformation, Russian narratives about the Ukraine war, and other pro-CCP propaganda. The Party also uses the app to try to destroy America’s young, by flooding them with messages promoting illegal drug use, self-harm, and even suicide.

When the Moon Turns Red: China’s Plan to Annex Space

“Chinese control of the moon would confer control of Cis-Lunar space, the portion of space between the Earth and the moon. Control of Cis-Lunar space would give a country the ability to shoot down or otherwise disable deep-space satellites, which are essential for, among other things, the early warning of ballistic missile attacks.”  Richard Fisher of the International Assessment and Strategy Center, to the author, March 2014.

Uchunguzi wa uchaguzi wa 2022

Uhuru Kenyatta agiye gusubira ku butegetsi azamaraho amezi (3) angana n’iminsi (90) kugirango hakorwe amatora y’umukuru w’igihugu nk’uko Ubuhanuzi bwabitegetse ko Kenya izajya mu matora ku inshuro ya kabili,akaba ariho Raila Odinga azima ingoma.Intekoshingamategeko na SENATE byafashe umwanzuro wo kwemeza ibiganira bya (BYPARTSAN TALKS). Kandi hemejwe ko ububiko bubitse amakuru y’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu bufungurwa.

Skip to toolbar