Category Archives: Top News
Yahungiye ubwayi mu kigunda

Umuhanzi Delcat Idengo Yamaganye imikorere mibi y’ubutegetsi bwa Felix Tshisekedi ajyanwa muri gereza ya Munzeze ya GOMA arabizira, ajyanwa gufungirwa muri gereza ya GOMA, none RDF/M23 baramwivuganye. Umwanzi wabanyepolitike ntagira isura, upfa kuba utari mu murongo umwe na bo, ibyawe biba birangiye.
Kuba Russia ifite ibirindiro mu Burundi bya Nuclear, hanyuma CHINA ikagira ibirindiro DRCongo aho balimo gusahura amabuye ya gaciro, bifite icyo bihatse mukarere kibiyaga bigari!!?

Inyandiko rigenewe itangaza makuru y’inteko shingamategeko y’Uburayi European Union parliament, ku wa kane yarateranye yemeza umwanzuro w’inama ukubiyemo guhagarika amasezerano yo kugura amabuye ya gaciro yagiranye na Leta y’uRwanda nk’uko muri bubisange mu mugereka w’inyandiko y’inama rusange y’inteko shingamategeko y’ubumwe bw’Uburayi.
Uwibwira yuko hari icyo azi, aba ari nta cyo azi ugereranije nibyo yakagombye kumenya!!!

23 Sept,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zongeye kwinjira muri Gakondo y’Umuhanuzi kugirango barebe ko niba bishoboka bateza akaga ibyago, na makuba none umenye uko ugenza kugirango badasenya gakondo bahaweho umwandu n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Banyampinga basimbura abo kwa Rwigara Uwiteka abahaye uburenganzira bwo kwandikira Umwami Kigeli Ndoli
