Monthly Archives: April 2024

Umwakagara: Nitabyara inyana, irabyara ikimasa!!!

Umwakagara byamwanze munda asaba amahanga na bantu bose bashinzwe kuvuganira uburenganzira bwa muntu ndetse nimiryango irengera ikiremwa muntu, kureka kwivanga mukibazo cy’uRwanda na Bongereza balimo gucuruza impunzi zamahanga. Yiyibagije ko, ikibazo cy’impunzi ar’ikibazo kirebwa namahanga cyane ko, izo mpunzi atari abanyarwanda, ahubwo ar’impunzi z’amahanga zagiye zituruka mu bihugu butandukanye zigahurira mu Bwongereza. Kubera amashyushyu ya za cash yakiriye akaba yarategereje nizindi, byamwanze munda ajya ahagaragara aravuga. Ariko se kuvuga kwe, haba hari icyo byahindura kumbogamizi zirengera impunzi z’amahanga?

China Humiliated Blinken But Blinken Kept Begging

“This was more than a slight. Aside from a calculated insult to the dignity of the United States, the move indicates Xi Jinping is making clear that the accepted norms of diplomacy will not be respected by China anymore.” Charles Burton, former Canadian diplomat who served in Beijing, to Gatestone Institute, April 27, 2024.

Rwanda: Ngo Jeannette Kagame acuruza inkari z’abagore?

 

Inkuru dukesha radio iteme ya JP Turayishimye magigiri ukorera Leta y’uRwanda, na Kamana Achilles bari mukiganiro na Tabitha Gwiza aho bavugaga ku nkuru y’ukuntu Jeannette Kagame Nyiramongi ngo asigaye acuruza inkari z’abagore. Twibajije nimba koko ibi ar’ukuli cyangwa niba ar’uguharabika bisanzwe biratuyobera.Ariko bibaye ar’ukuli byaba arakaga gakomeye cyane kandi giteye ubwoba! Usibye ko bishoboka habaye hariho umushinga wizo nkari!

U.S. Campuses: Grooming Terrorists

For these Arabs, including some Palestinians, there is nothing “pro-Palestinian” about supporting the Iran-backed Hamas terrorist group….Those who are chanting “we are all Hamas” on the streets of New York and U.S. college campuses are not helping the Palestinians of the Gaza Strip even slightly. They are being used as human shields by the terrorist group Hamas in its genocidal war against Israel and Jews.” Loay Al-Shareef, social media influencer from the United Arab Emirates, X, April 23, 2024.

Biden alifuza ko Raila Odinga atahabwa umwanya wa AUC

 

Amakuru dukesha ibiro ntaramakuru byo mu ijuru «Heaven News Media Agency» ko hariho abantu badashyigikiye ko Raila Odinga yatorerwa kuba umukuru w’African Union chairmanship. Bakaba bari mu mugambi wo kuburizamo intsinzi ye yari yizeye kugeza ubu. Bakaba bifuza ko Djibouti ariyo yakwegukana uwo mwanya, abashyirwa mu majwi halimo Joe Biden wa United State of America.

Skip to toolbar