Daily Archives: April 25, 2024

Umwakagara Paul Kagame: Imana twayirashe ijisho rimwe ubwo twari kumulindi wa Byumba

Inkuru dukesha ijwi ry’America (VOA) yemeza ibimenyetso by’Ubuhanuzi twanditse taliki ya 20 April, 2024 ubu Buhanuzi bufite umutwe wa magambo ugira uti «amarembera y’ihirima ry’umwana w’unwega UMWAKAGARA PAUL KAGAME» ubu buhanuzi bulimo ibimenyetso byanditswe nijwi ry’Aamerica aho bavuze ko abacunga gereza bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera kudahembwa umushahara wabo w’intica ntikize, utakijyanye n’ibihe tugezemo. Aho ubukungu bw’uRwanda bwahirimye ariko bagakomeza kubihishira ari na ko bagenda baha za ruswa bank y’isi yose (IMF world bank). Ngo yemeze ko ubukungu bw’ingoma y’abega bumeze neza.

Skip to toolbar