Daily Archives: April 11, 2024

Burya isooko y’umwijima ntabwo iba kure

Mu buzima ubusanzwe hariho ibintu umuntu adakwiye kwirirwa ahangana nabyo, ibyo bita «natural disasters» bituruka kumiterere y’isi, cyangwa bikaba byaterwa n’Ubuhanuzi bwaba buriho cyangwa butariho bitewe na none n’ibihe uko bimeze. Kuba umuntu atajya yifuza ko Uhoraho Uwiteka Imana yajya ashyira ahabona iby’ejo hazaza, n’ikimenyetso cyerekana intege nke za muntu. Kandi kikerekana ugushaka kwigenga kwa cyane kwatumye IMBOGO yarikwaho na mavubi.

Skip to toolbar