Umwakagara Paul Kagame: Imana twayirashe ijisho rimwe ubwo twari kumulindi wa Byumba

Inkuru dukesha ijwi ry’America (VOA) yemeza ibimenyetso by’Ubuhanuzi twanditse taliki ya 20 April, 2024 ubu Buhanuzi bufite umutwe wa magambo ugira uti «amarembera y’ihirima ry’umwana w’unwega UMWAKAGARA PAUL KAGAME» ubu buhanuzi bulimo ibimenyetso byanditswe nijwi ry’Aamerica aho bavuze ko abacunga gereza bari mu myigaragambyo yo kwiyicisha inzara kubera kudahembwa umushahara wabo w’intica ntikize, utakijyanye n’ibihe tugezemo. Aho ubukungu bw’uRwanda bwahirimye ariko bagakomeza kubihishira ari na ko bagenda baha za ruswa bank y’isi yose (IMF world bank). Ngo yemeze ko ubukungu bw’ingoma y’abega bumeze neza.

Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko, abashinzwe umutekano kuri Kaminuza yahoze yitwa KIST ubu yahindutse Kaminuza nkuru y’uRwanda, ko bazakaza umutekano waho, ari nako bakaza umukandara (kwicwa n’inzara). Ubuhanuzi bagakomeza bugira buti, ndetse mu murwa mukuru wa Kigali hazaba hari ishusho y’ubutayu butagira amazi (the great wilderness in the capital city of Kigali).

Nyuma y’iminsi (3) twanditse Ubuhanuzi ndetse tukanabutangaza ku kinyamakuru www.inyangeNews.com bwahise busohoza umulimo wabwo maze itangazamakuru rya VOA rishyira ahagaragara ibimenyetso byanditswe cyera n’Ubuhanuzi n’ubwo ubu twatangaje byasaga no kubusubiramo.

Umwana w’umwega yabajijwe icyo yaba avuga kubijyanye n’Ubuhanuzi buvuga ko ingoma ye izahirima, yasubije ko ngo ubwo bari kumulindi wa byumba Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bamurashe ijisho rimwe. Ngirango ashobora kuba yicuza impamvu batayirashe amaso yombi byashoboka ko rya jisho rimwe ari ryo ryaba rilimo kubabuza amahwemo.

Tumaze gutangaza ubwo Buhanuzi Umwakagara yahise ategeka ko bakwiye guhiga Umwami Kigeli Ndoli vuba byihuse! Uhereye (last Sunday, Monday, and Tuesday).

The Rwandan spies in Nairobi they ‘were up and down, looking the great prophet for assassination. But as always they working in vain.

Bakamye ikimasa nk’ibisanzwe! Ariko igitangaje cyane kandi kigaragaza ubujiji n’ubugoryi by’abega, bahiga Umwami Kigeli Ndoli arangije gukora umulimo niho babona kuza kumuhiga, bameze nka police ijya gucunga umutekano w’ibamaze kwibwa, aho kubirindira umutekano mbere yuko byibwa!!!

Ubuhanuzi buvuga ko ingoma y’abega izakurwaho n’inzara, n’Ubuhanuzi bwo mu myaka ishize itari iyakure, cyane ubwo mu bihe bya covid19. Bwavuzeko hazabaho inzara ikomeye cyane aho abaturage bose bazahinduka amabandi kuzageza aho Umwakagara azihisha mu nzu ye akazajya yirinda gusohoka ngo ajye ahagaragara. Ubuhanuzi kandi bukomeza buvuga ko icyo gihe hari abanyamahanga bazoherezwa kuza gutura mu Rwanda.Intekoshingamategeko y’Ubwongereza Byarangiye yemeje itegeko ry’abasaba ubuhungiro koherezwa mu Rwanda, kabone n’ubwo umuryango wabibumbye (United Nations) wabyamaganiye kure ugasaba ko bakwiye guhindura iryo tegeko.

Sibyo gusa, kuko ibyo kohereza impunzi zisaba ubuhungiro mu Rwanda twabiciriyeho iteka, twibwira yuko byaba ariyo mpamvu byaba bikomeje gukururana. Ariko hagati aho, mu gihe Ubuhanuzi bwaba bwaravuze ko kuza kw’impunzi bishobora gufatwa n’ikimenyetso n’ubwo tutabyibuka neza, ibyo bakora byose kuburizamo impunzi kujya mu Rwanda ntabwo byakunda.

Ariko niba ar’Ubuhanuzi gusa, imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zishobora kuburizamo uwo mugambi. Twibutse ko Ubuhanuzi bwavuze ko, ihirima ry’ingoma y’abega izahitama abanyamahanga benshi cyane bazaba batuye mu Rwanda.Mu gihe ziriya mpunzi z’Ubwongereza zigera kubihumbi (5200) ndetse basaga, Baramutse baguye mu Rwanda mu gihe UN idashyigiye uwo mugambi, bizabazwa inde?Twibutse ko UN ariyo ifite munshigano zayo ibijyanye n’impunzi.Ubanza itegeko rya Leta y’Ubwongereza ridashobora gusimbura itegeko rya UN naho Leta y’UBwongereza yaba ar’umufatanya bikorwa mu gutera inkunga ishami ry’umuryango wabibumbye ryitwa HCR rishinzwe impunzi kw’isi.

Twibutse kandi ko muri ubu bucuruzi bw’impunzi (human trading) burimo gukorwa na Leta zombi yaba Leta ya Kigali, cyangwa se Leta y’Ubwongereza, Umwakagara yamaze kwicyira million ijana £100 za ma pound (£ hundreds of millions of pounds) (equivalent of Rwandan shillings’ sum of amount 167,500,000,000) izi ni triyali 167,500 n’igice. Umugambi nyirizina n’utungana bazongerwa million 250 za ma pound.

Tekereza ba prime ministers b’Ubwongereza bose bagiye begura babaziza ko ngo uwo mushinga utizwe neza. Uzawutunganya urumva azakuramo akayabo kanganiki? Tekereza Umwakagara abonye cash nk’izi zidaturutse mu misoro yabaturage be, ahubwo ziturutse mu misoro yabaturage bo mu Bwongereza, harya nayashyira kumufuka we ubwo abanyarwanda hari icyo muzabaza!??

Ariko na none kuba Ubuhanuzi ndetse n’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo zaraciriyeho iteka ubuhunzi mw’isi yabazima, ukareba n’Uburyo abanyaBurayi ndetse n’America ikibazo cy’ubuhunzi kilimo kugenda gifata indi ntera aho balimo gukora ibishoboka byose ngo impunzi z’abanyafurika ndetse nabaturuka kumugabane w’Asia zisubizwe mu bihugu byabo baje baturutsemo, usanga haba hari ubwoba butari bwashyirwa ahagaragara n’impamvu yabwo ituma bamagana izo mpunzi. Ariko Canada yo iherutse gutangaza ndetse n’inshuro byeri ko ikeneye impunzi zigera kuri million 1.5 kugera muri uyu mwaka mukwezi gutaha kwa gatanu 2024.

Ariko andi makuru dukesha itangazamakuru rya InyangeNews Media Agency, avugako, ziriya tiriyali zitiriwe impunzi z’Ubwongereza, ariko umugambi nyirizina ngo n’uwo kurwana intambara muri DRCongo no gusahura umutungo wayo kamere wamabuye ya gaciro.Uyu mugambi uvugwamo n’Uburayi cyane igihugu cya France.

 egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar