Category Archives: Slider

inshuti zidahemuka

 

Iyi nyandiko nanditse, niy’abagabo bagera kuri (4), babaye inshuti zanjye, bari mu bantu bataciriweho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Babili (2) twabanye mu idini. (1) Christopher keyboardist (2) Felician, mu by’ukuli muzi neza uko twabanye neza kumunota wa nyuma. Muri mu bantu baturutse mu gihugu cy’Isamaliya, ariko sinjya nifuza kuzabona amazina yanyu mu butabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo in negative judgement. Think you understand what I’m saying.

Ibyo abantu bibwiraga ko bidashoboka,byarashobotse!!!

 

Umugani w’Umwami Yesu Kristo ubu nibwo wasobanuka,” aba mbere bazaba abanyuma”. Nyuma yuko Uwiteka Imana Nyiringabo atangiye umuhanano w’uko umuntu wese uzasubira murusengero azajibwaho n’umuvumo. Ntabwo abayobozi b’insengero biaye kuri uwo muhanano. Ahubwo bafunguye insengero zabo bakomeza gusenga Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, kandi atagishaka ko bamusenga cyangwa bamuramya bitewe n’uko igihe cyo gusenga cyararangiye turi mu gihe cy’ubutabera bw’igice cya kabili.

Want to Stop Iran’s Regime? Hit the IRGC Assets

“No one ever said it better than Osama bin Laden: When people see a strong horse and a weak horse, by nature they are attracted to the strong horse.”  Thomas Friedman, newyorker.com, July 5, 2010.Especially in the Middle East, leaders are looking for who will protect them.

How Does This End? Regionally and Globally.

Israel’s cause is the cause of the Free World as is Ukraine’s and Taiwan’s. Domestic supporters of Hamas, trying to constrain Israel by “law fare” and by noisy street and media politics, are therefore a fifth column for our enemies and should be treated as such.

Canada Irashinja Umupolisi Ndatuje Kwibira Amabanga Leta y’u Rwanda

 

Muri Canada, ku wa gatandatu w’icyumweru gishize urwego rw’ubugenzacyaha rw’igihugu rwareze umupolisi witwa Eli Ndatuje kwibira amabanga leta y’u Rwanda.Eli Ndatuje afite imyaka 36 y’amavuko, yavukiye muri Uganda ku babyeyi b’Abanyarwanda yageze muri Canada afite imyaka 14, nk’uko bivugwa n’ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza.

Translate »
Skip to toolbar