Uwiteka Imana Nyiringabo yasabye Paul Kagame kwihutisha imishyikirano
May 14, 2026 Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yategetse ko gahunda y’ibiganiro by ’ihererekanya bubasha hagati ya perezida Paul Kagame n’Umwami Kigeli Ndoli bitangira vuba bishoboka. Uwiteka Imana Nyiringabo aributsa Paul Kagame ko uhagarariye ibiganiro ari Dr. Richard Sezibera ni we wagiriwe ikizere n’Uwiteka Imana Nyiringabo.
Uwatoranijwe kuzaba umukuru wa Leta (government) y’Uwiteka Imana Nyiringabo mu bwami bwe buyobowe n’Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha, ni Dr. Christopher Kayumba uzaba ari prime minister.
NB: Kugeza mu kwezi ku kuboza 2026, izi gahunda zigomba kuba zarangiye, byaba nta gikozwe hashobora kubaho kumeneka kwa maraso mu gihugu.
Iri tangazo riturutse k’Uwiteka Imana Nyiringabo rishyizweho umukono n’Umwami Kigeli Ndoli Majeshi Leon Ainesha.
Bikorewe:
Kenya-Nairobi
egretnewseditor@gmail.com











