Category Archives: Slider

Umwakagara yagiye gutanga ikirego mu Bwongereza UK

 

Amakuru aturuka mu biro ntaramakuru byo mu ijuru «Heaven Media News Agency» ko Umwakagara Paul Kagame kuri iki cyumweru yatanze ikirego mu gihugu cy’Ubwongereza UK government yuko ngo hariho umuntu ushinzwe gutera ubwoba abatuye isi akoresheje inyandiko.

Biden Administration Not Stopping Iran, Russia, China, the Houthis

What is essential to remember is that the Houthis and other proxies of Iran are in all likelihood deeply apprehensive about the prospect of their senior leadership being targeted. By refraining from targeting Houthi leaders, the United States has inadvertently emboldened the group and allowed them to act with impunity.

Abakire kwinjira mu ijuru bingana n’Ingamiya kunyura mu mwenge w’urushinge!!!

 

OCT 16,2023 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli, uburire «Madam Adeline Rwigara» umubwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ukunda kujya mu bahanuzi kubaza kandi ibyo bakubwira ntaho bihuriye n’ukuli kwanjye.

Ibice (4) by’abarwanira ingoma y’ubwami bw’uRwanda

Abantu benshi cyane babajwe ni uko kwa Rwigara Assinapol batandukanye n’Umwami Kigeli Ndoli, kandi bagatandukana nabi nyuma y’ibyabaye kubera gusuzugura itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aho bategetswe gushyingira Umwami Kigeli Ndoli abakobwa babo bombi bakanga, ahubwo bagahitamo kubashyingura.

Umugore witwa Mukarushema yanga Uwiteka Imana Nyiringabo urunuka!!!

 

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru «INYANGE NEWS MEDIA AGENCY» biratangaza ko mu gihugu cy’Ububiligi hari umugore witwa «MUKARUSHEMA selfish woman» wanga ubuhanuzi n’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Translate »
Skip to toolbar