Ibyo abantu bibwiraga ko bidashoboka,byarashobotse!!!

 

Umugani w’Umwami Yesu Kristo ubu nibwo wasobanuka,” aba mbere bazaba abanyuma”. Nyuma yuko Uwiteka Imana Nyiringabo atangiye umuhanano w’uko umuntu wese uzasubira murusengero azajibwaho n’umuvumo. Ntabwo abayobozi b’insengero biaye kuri uwo muhanano. Ahubwo bafunguye insengero zabo bakomeza gusenga Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, kandi atagishaka ko bamusenga cyangwa bamuramya bitewe n’uko igihe cyo gusenga cyararangiye turi mu gihe cy’ubutabera bw’igice cya kabili.

Ubu rero abitwaga abapagani nibo basimbuye abitwaga abakrisitu kuba ari bo bakiranutsi. Kuko ubusanzwe batajyaga mu nsengero, nyuma yuko abitwaga abakrisitu basuzuguye itegeko ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo bibwira basuzugura Umuhanuzi akaba n’umucamanza w’isi (Majeshi Leon Ainesha).

Byatumye abapagani bajya muruhande rw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Ninayompamvu Uhoraho yabaretse bakiberaho nk’abapagani kugirango bazasimbure abiyitaga abakirisitu mu gihe abiyitaga abakiranutsi bazaba basuzuguye itegeko ry’Uwiteka Nyiringabo bityo ubuhanuzi bwa bibiliya buba burasohoye.

Umuvumo insengero zavumwe hamwe na bayoboke babo, ni wa muvumo wa CAIN. Urupfu rwabo no kurangira kwabo kw’isi yabazima, bizaba ar’ikintu kidasanzwe kuko bashyizwe kure y’umugisha bahabwa umuvumo kubera gukunda intonorano no gusuzugura itegeko ry’Imana.Burya umuntu wubaha Imana uzamumenyera kw’itegeko rikora ku nyungu ze! Aho niho uzamenya ukuli kwe ko mu mutima.

egretnewseditor@gmail.com

Skip to toolbar