inshuti zidahemuka

 

Iyi nyandiko nanditse, niy’abagabo bagera kuri (4), babaye inshuti zanjye, bari mu bantu bataciriweho iteka n’ubutabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Babili (2) twabanye mu idini. (1) Christopher keyboardist (2) Felician, mu by’ukuli muzi neza uko twabanye neza kumunota wa nyuma. Muri mu bantu baturutse mu gihugu cy’Isamaliya, ariko sinjya nifuza kuzabona amazina yanyu mu butabera bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo in negative judgement. Think you understand what I’m saying.

Muri ibi bihe tulimo bitoroshye, mukwiye kubyitwaramo neza. Sinalinzi ko nzakora uyu mulimo nkora, kuko ntabiteganyaga. Nyuma yo kumenyana mu idini tuziranye mu buzima bw’ikoranabuhanga, ariko cyane cyane mu idini ritigeze ritugirira umumaro.

Abandi (2) twabanye mu buzima bw’ingoma nimilimo y’abega, ariko ibi nijye ubivuze ejo mutazabizira kubera bagira igomwa n’urugomo cyane ko bamaze gucirwaho iteka.

Valens na Casmily namwe muzi neza ko twabayeho dufite ibyiringiro byo kuza k’Umwami wacu Yesu Kristo.Ndetse twiringiye kuzaba muri bamwe bazinjira mu bwami bwe. Mu buryo ntasobanukiwe nabonye njyanwa mu butayu kwigishwa uko bakorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Ibyo nabonye, nibyo numvise, (totally) ntaho byari bihuriye n’inyigisho twigishijwe, ariko bihuye n’ibyiringiro byo mu mutima twari dufite icyo gihe. Rero nagize amahirwe sinabona amazina yanyu mu gitabo cy’imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Muramenye niba mukiriho, abega batari babaca ibihanga, muzakomeze kwirinda cyane kuko ishyamba atari ryeru. Usually I try to understand your situation you go through. But moreover sudden be strong, constantly in all the way. Ariko turacyafite rya sezerano ryo kuzaba muri (New Jerusalem) nshya, ariyo gakondo ya bakiranutsi mutuyemo uyumunsi. Ibi kubarimbuka n’ubwenge bucye, ariko kuri twebwe n’ubugingo buhoraho….

Ahangaha nta cyo mbakinze, burya ukuli gushirira mu biganiro. Mbabwije ukuli umuntu abwiza inshuti ze. Mfite umunezero yuko igihe cyanjye cyo kuba mu butayu kizarangira ukwezi gutaha. Ibyiringiro byanjye niwo munezero wanjye. Nashimishijwe no kuba Uhoraho yarampaye umulimo wo guca imanza zitabera n’ubwo bitoroshye! Ariko kandi nibyigikundiro kubona Uwiteka Nyiringabo angirira ikizere kingana gutyo.

N’uwo kwizerwa kandi n’uwo kwiringirwa ibihe byose n’ubwo kugendana nawe bitoroshye, n’intambara iruta izindi zose zibaho kw’isi. Niba mukiriho tuzabonana, kandi mu baye mutakiriho na nyuma y’ubu buzima hari ubundi n’ubwo benshi bajya birinda kubitekereza kuko batazi uko buzaba bumeze.Mujye mwirinda uburiganya bw’abantu bo muri iyiminsi, basigaye bagenzwa n’igomwa,kuyobya,no kuriganya kugirango mwese muzarimbukire hamwe.

I wish you all the best.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar