RCCE bavomeye mukiva!!!

 

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza amakuru akurikira: uyumunsi taliki ya 18 gicurasi,2024 za magigiri za Leta ya Roman Catholic Church Emperor bafatanije na Leta ya Samuei William RUTO, bategeye Umwami Kigeli Ndoli uhereye kuri cyber opposite Ongata Rongai bus stage aho ajya akorera kugera muri 300 kilometer.

Kubera bo bazi iby’Ubuhanuzi neza bahisemo guhagarika ibya hacking ahubwo bayoboka ibyo twakwita (physical face to face tracking and report) bisobanuye kugenza umuntu aho waba uzi ko akunze kuba ari cyangwa aho akorera ukahahagarara kuzageza umubonye. Ni umulimo utoroshye kuko uba utazi aho ari buturuke ugapfa gutomboza bijyanye wenda namakuru waba warumufiteho.

Bahagaze guhera kuri stage ya Rongai barazamuka bagera ahitwa Olelai primary school, bihaye inshingano zo kuhirirwa umunsi wose kugeza byibuze mu masaha ya ni munsi wenda kugeza nka saa 6”30-45

Reka twongere dufashe izi njiji mu menyereye z’abega zigize ibinaniramana hamwe na za nkozi z’ibibi za kiliziya gatolica. Mugerageza kureba za movies zakinwe zerekana imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ariko bisaba kuba ufite mu mutwe niho ushobora gutahura izi movies icyo zishatse kuvuga no kuba warakurikiranye Ubuhanuzi hamwe n’imanza zitabera kuva bigitangira.

Kumpande zose cyangwa muri izi movies zose murabonamo ahantu hose harimo umugore n’umugabo ari bo bakina bakarangiza za movies hamwe na hamwe umugore arapfa hagasigara umugabo (bisobanuye Churches) zizacirwaho iteka nimanza z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Izo links nagerageje kubaha kugirango ababishoboye muzishake niba mwazisanga kuri net muzirebe neza mu menye uko amahanga akurikiranira hafi iby’imanza zitabera, mugihe RCCE hamwe n’abega bo birirwa bahiga Umwami Kigeli Ndoli bibwira yuko bashobora kumubona. Bararindagiye peeee!!!

Britain movies concerning prophecies and God’s judgements (rerated England government spy’s organization movies)

Alex. Rider. S01.COMPLETE. 720p.AMZN. WEBRip.x264-GalaxyTV TGx

Alex.Rider. S02.WEBRip.x264-ION10

USA movies concerning the world prophecies and God’s judgements (rerated Roman Catholic Church Emperor and government spy’s organization movies)

Damien.S01. XviD-ZMNT

Mission- Impossible – Dead Reckoning Part One (2023)

Brazil movies concerning the world prophecies and God’s judgements (rerated with bible robber’s scriptures about returning to the second coming Messiah movies)

Criminal Code S01

Gukeka mu Buhanuzi nta bwo bibaho, gutinda gusohoza kw’isezerano kubera inzitizi z’ababurwanya bituma azamurwa mu ntera:

Iyo Ubuhanuzi bukubwiye yego, ubwo niko biba bimeze, iyo bukubwiye oya, ubwo niko biba bimeze. Aha ndavuga ku giti cyawe kuri gahunda zawe ushobora gufatira ibyemezo ari ntawe ubanje kugisha inama.

Muri iy’isi halimo abantu (3)

  1. Hariho umuntu usanzwe waremwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo waje gukora ibinyuranye ni byo Uwiteka Nyiringabo yifuza bituma badacana uwaka. N’ubwo Uhoraho Nyiringabo yakomeje kumurwanaho ngo arebe uko yakwivana mu bukoloni bwa Satani na abadayimoni, byagaragaye yuko umuntu atabikozwa ahubwo ashaka kwibanira na Satani kubera abona ibyo atemerewe namategeko y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.
  1. Igice cya kabili n’imbaraga zibiremwa byitwa imyuka mibi cyangwa bifite ubushobozi bwo gukorana na bantu bibashobozi kugera ku byo batakabaye bageraho mu buryo butari ubw’ubumana, ahubwo ari uburyo bwa Satani kugirango ikiremwa muntu gikomeze kuyoba no kurwanya umugambi w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibi biremwa bikorana na bantu kandi bikurikiranira hafi cyane ibikorwa bya bantu kugirango babashe gukontorola ibyo bakora batazavaho bigenga bigatuma iyi myuka mibi itabasha kubona abo bakorana nabo, cyane ko ari bo babaha ubwenge bakoresha bunyuranye n’ubwo Imana yabahaye!!!
  1. Igice cya gatatu ni abamalaika baremwa nk’ibiremwa byitwa abantu kuko abamalaika batagira umubiri bisaba ko bavuka bakabyarwa na bantu kugirango abzabashe gukora imilimo yabo kw’isi yabazima ariko bitwa abantu cyangwa bafite ishusho ya bantu ku buryo udashobora gutahura ko ari abamalaika. Bashinzwe gukurikirana ibikorwa byose abantu bakora bya buri munsi kugirango babashe kumenya ibyo bakora byose.

Isi rero ilimo guhura na kaga gakomeye cyane bitewe n’umuntu utitaye k’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ibihugu byinshi cyane mwumva byateye imbere ntabwo ar’uko bizi gukora kurusha ibindi, ahubwo iyo babonye igihugu runaka kilimo kuzamuka mu buryo bwose bushoboka, bahita bahateza intambara. Byabananira guteza intambara bitewe na politike bagenderaho iba yaramaze gushinga imizi muri (democracy) bagateza ibibazo mu by ’ubukungu (threatened economy).

Bagahagarika ku kugurira ikawa, icyayi se, mbese ibicuruzwa babona bishobora kuzamura ubukungu bwanyu. Nta na rimwe bajya bifuza ko ibihugu by’Africa habamo amahoro kuko niho bahahira kubera kuhateza amapfa, akaga intambara, ni byago by’inzara zitarangira.

Iyo bagize amahirwe bakaba bafite umutegetsi w’injiji umeze nk’Umwakagara, barishima cyane! Ubundi Museveni bibwiraga ko azamera nk’Umwakagara, ariko basanga Museveni yarize adashobora kwemera kuba injiji uko babishaka. Ninayo mpamvu rimwe na rimwe Imana ijya umureka akaguma ku butegetsi kubera ko atajya yemera ubugoryi bwabo, n’ubwo nyine nawe atabura kuba yifitiye iyo myuka mibi imwifashiriza gukiranirwa.

Icyo dushaka kuvuga hano, nta bwo umuntu yashobora gukontorola umuntu waremwe mu bw’Abamalaika ngo azabishobore. Kuko aba afite ubushobozi bwose bushoboka bwo kureba no kubona ibikorerwa mw’isi byose ndetse abasha no gukontorola umuntu wese ufite gahunda yo kumugirira nabi. Abaye adafite ubwo bushobozi ntabwo yabasha gutunganya no kurangiza inshingano yahawe gukorera kw’isi y’abazima. Ibi biremwa byaremwa mu buryo bw’abadayimoni biri mu kaga gakomeye cyane niyompamvu bisaba abategetsi gukora ibishoboka byose ngo bahitane umucamanza uca imanza zitabera.

Urugero rwa hafi cyane muri Leta zunz’ubumwe z’America JOE BIDEN alimo gusaba akomeje cyane ko abanyaMerica badakwiriye kuzatora former president Donald Trump ngo kuko aramutse atowe demokarasi y’America izaba iri mukaga gakomeye cyane!

Ikigo cya IPSOS gishinzwe ibarurishamibare kuri demokarasi kiviuga ko 22% by’ abanyaMerica bo mu ishyaka ry’aba democrate bahangayikishijwe na (democracy) kurusha guhangayikishwa n’ubukungu. N’umbwa mbere muri America amashyaka yombi yiyamamaje muri gahunda zabo zibyo bazakora nta hantu na hamwe bavuze kuri Africa. Icyintu kidasanzwe ku ba democrate.

IPSOS ikomeza ivuga ko 17% by’abanyaMerica aribo gusa bahangayikishijwe niby’ubukungu.

Isi yamaze gucirwaho iteka, buri gihugu kizajya gihanwa hakurikijwe gukiranirwa kwacyo. Ibyago, akaga, amakuba, byose bazajya bikurikiza gukiranirwa kwabyo ndetse hanarebwe imanza baciriwe uko zingana, kugirango hafatirweho igipimo cyo guhana ibyo bihugu.

Kuva US yacirwaho iteka mu by’ubukungu, ibihugu byinshi bilimo kugenda bashakisha uko barwanya dollar ngo ridakomeza kwiganza no gutegeka isi. Ibihugu byamaze gutangaza kumugaragaro ko bazajya muri BRICS ishyirahamwe rya CHINA, RUSSIA, BRAZIL, INDIA, SOUTH AFRICA, IRAN, TURKY, North KOREA, ni bindi byinshi bishobora gutuma dollar rita agaciro kw’isi bityo ingufu z’America zikagabanuka.

Amatora y’America nibaramuka batoye Donald Trump bashobora kuzagira amahirwe yo kuba byibuze basunika iminsi. Ariko nibaramuka bibeshye nk’uko Ubushize bibye amajwi bagaha ubutegetsi JOE BIDEN, bazajya mukaga katigeze kubaho. Ubuhanuzi bukimara gutangaza ko JOE BIDEN aziba amatora akaba ari we utegeka igihugu cya America twahise tumuciraho iteka.

Ndetse ubukungu bw’America bwaciriwe iteka kubera JOE BIDEN. N’ubu ni bibeshya bazahura na kaga gateye ubwoba.

NB: Donald Trump natsinda amatora y’umukuru w’igihugu agasubira ku butegetsi, ni jye wamushyizeho 2016, kandi yakoze ibyo yasabwaga gukora kugirango asohoze Ubuhanuzi bwa bibiliya. Nasubiraho icyo agomba gukora cyihutirwa n’ugukuraho (Umwakagara PAUL KAGAME).

In frailer to which, I will have condemned them, and judge United State of America totally, where by they’ll face calamities and disasters than ever. I want to be clear here and specific.

If JOE BIDEN will win again, also the United State will be face seriously God’s judgement whereby they ‘will regret their whole lives, in so many years in this world. That man is devil 100%. Now the devil is in trouble because his days are over. So dear America please be watchfully and be KIN let us America be recovered again. But in accordance that you must follow my advices so that you can be take breath in this evil days.

Note that it is possible China can take over USA to be super power number one in the world.

egretnewseditor@gmail.com 

Skip to toolbar