Category Archives: Politics

Amerika, ishyamiranye na Irani, yohereje ubwirinzi bwa misile bwa Patriot mu burasirazuba bwo hagati

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zohereje mu karere k’uburasirazuba bwo hagati ubwirinzi bwa misile buzwi nka Patriot, mu gihe ubushyamirane bukomeje gukaza umurego hagati y’Amerika na Irani.

Kuki Bobi Wine Akomeje Guhanga Indirimbo Zirwanya Museveni?

Umuhanzi Bobi Wine
Robert Kyagukanyi umuririmbyi bakunze kwita Bobi Wine wabaye mudepite mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, yirenze ararahira ko azakomeza gukoresha ibihangano by’indirimbo kurwanya Perezida Yoweri Museveni yivuye inyuma. Ariko uko bigaragara muri ibi bihe indirimbo ze zikomeje guhura n’urukuta rwa leta

Abongereza ‘ntibagikora imibonano mpuzabitsina’ nka mbere

Abongereza ngo bagabanyije gukora imibonano mpuzabitsina ugereranyije no mu myaka ishize, nkuko bigaragazwa n’ikusanyabitekerezo rishya ryakozwe muri iki gihugu.

Ishyaka ANC ubu rirakomerewe kurusha mbere mu matora yatangiye none muri Afurika y’Epfo


Icyapa kiyobora ku biro bimwe by’itora muri Afurika y’Epfo

Umujinya wa rubanda kubera ruswa, ubukungu bujegajega, amavugurura mu butaka n’ubusumbane bukabije, biratuma ubu ishyaka rya ANC – riri ku butegetsi kuva mu mwaka wa 1994 – ari bwo rikomerewe cyane no gutsinda amatora yatangiye none.

Ubugenzuzi bw’ibimenyeshamakuru bwa Uganda bwategetse bimwe guhagarika abakozi 39


Ubwo bugenzuzi, Uganda Communications Commission (UCC), ntibwadomyeko urutoki amakosa yakozwe

Ubugenzuzi bw’ibimenyeshamakuru mu gihugu ca Uganda bwategetse amaradio n’amateleviziyo 13 guhagarika bamwe mu bamenyeshamakuru, bukabagiriza “gutanga amakuru y’ibinyoma”.

Skip to toolbar