Daily Archives: June 10, 2019

Ababarahiza ntibubaha bibiliya,ubwose abarahira bo bayubahiriza?Abega ni abatekamutwe!!!

 

Ababyinnyi 8 b’Inganzongari bakuyemo akabo karenge!

Abazi amateka y’ubucakara, bazi ko mu gihe cyabwo, abanyafurika bajyanwaga mu Burayi n’Amerika ku ngufu batabishaka, ndetse bakanagerageza uburyo bwose batoroka bakagaruka iwabo. Ubundi mu bihugu byiza, aho abantu baba mu gihugu nacyo kikababamo, abaturage bahora baharanira kuba muri ibyo bihugu byabo, ku buryo iyo umuturage avuye mu gihugu cye agenda ababaye kuko aba azi ko agiye I mahanga, kandi bikaba bizwi ko amahanga ahanda, ibyo bigatuma yihutira gutaha bidatinze.

Ubwo murashaka uko muzasubira kujya kwiba umutungo kamere wa Kongo,mwiyita abakongomani


Mdamu Jeannette Kagame yakiriye mugenzi we Denise Nyakeru

Madamu Jeannette Kagame hari ubwo yibaza niba igihugu cye kitatekereza kongera ururimi rw’ilingala mu ndimi zemewe mu Rwanda, hari ababyemera n’ababona ko ari nko gutebya.

Imyiteguro y’intambara ya lll y’isi yose,mukwibuka intambara ya ll y’isi yose mu gihugu cy’Ubwongereza!!!

Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 75 igitero cy’ingabo z’ibihugu byishyize hamwe cyaganishije intambara ya kabiri y’isi ku musozo iraba muri iki cyumweru.Igitero kinini cyaganishije ku musozo w’intambara II y’isi cyagenze gite?

Inzara itumye bafungura umupaka,basanze ntayandi mahitamo!

U Rwanda rwafunguye by’agateganyo umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda.Imodoka nini ntizari zemerewe gukoresha uyu mupaka kuva mu kwezi kwa kabiri.

Igihugu Umuhanuzi yagihaye Hon.Umwali Shima Diane Rwigara,ntawundi muntu ushobora kuzasimbura Umwakagara!

 

      No peace
Skip to toolbar