Daily Archives: June 8, 2019

Umwakagara yategetswe kurekura imfungwa zose za gisirikare zishinjwa ibyaha bya politike

Radiyo Ijwi ry’Amerika yamenye amakuru ko Lt. Joel Mutabazi wahoze ari mu itsinda ry’abasirikare barinda Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yaba agiye kugezwa imbere y’urukiko rw’ubujurire. We n’itsinda ry’abantu 15 baregwa ibyaha byo gushaka guhirika ubutegetsi buriho. Mu mwaka wa 2014 urukiko rukuru rwa gisirikare rwamuhanishije gufungwa ubuzima bwe bwose. Ijwi ry’Amerika yasubije amaso inyuma ireba bimwe mu bikuru bikuru byaranze uru rubanza.

Aho kwimeninda,nakwigunga!

 

      Wikabya
Skip to toolbar