Mu Rwanda, umucamanza mu rukiko rw’ubujurire yirinze kuvugira mu ruhame ibyo yabonye mu iperereza yakoze kuri gereza ifungiwemo Col Tom Byabagamba na Gen Frank Rusagara. Icyakora yasabye ababuranyi bombi kubijyaho impaka akazabihuza n’ibyo yabonye akabona gufata icyemezo.
Daily Archives: June 14, 2019
Ingagi yo muri Nigeria iracyekwaho kumira hafi miliyoni zirindwi

Umwe mu bakozi yabwiye radio yaho ko iyo ngagi ari yo yakwegekwaho ayo mafaranga yabuze (ifoto yo mu bubiko)
Abategetsi babwiye igisata cya BBC gitangaza ibiganiro mu rurimi rwa Pidgin ko inzu yororerwamo inyamaswa (zoo) yo mu majyaruguru ya Nigeria iri gukora iperereza ku makuru yuko ingagi yariye hafi miliyoni zirindwi z’ama-naira akoreshwa muri icyo gihugu.