LETA Y’URWANDA IGIYE GUHA INZIRA ABATAVUGA RUMWE NA LETA UGANDA.

Nguwo ugiye gutera leta ya Uganda,abahungira muri Uganda bamenye ko aruguhungira ubwayi mukigunda:

Amakuru agera ku kinyamakuru inyangenewss aturuka mu nzego z’ubutasi za leta y’uRwanda aravuga yuko leta y’uRwanda ngo yamaze kugirana amasezerano nabatavuga rumwe na leta ya Perezida Meseveni Yoweri Kagutta,amakuru akomeza avuga yuko General  SEJJUSSA Tinyefuza ngo amaze kubona ko atakivuga rumwe na shebuja Meseveni kubera ko ngo ashaka ko azasimburwa n’umuihungu we kubutegetsi,ngo ibyo byatumye afata iy’ubuhungiro ahungira mu gihugu cy’ubwongereza mu ntangiriro z’umwaka ushize mu kwezi kwa kanne.

Ayo makuru akomeza avuga yuko ngo perezida kagame ngo amaze kubona ko atsinzwe urugamba rwo muri Congo,ngo byamuteye agahinda kenshi cyane ngo aza no kumenya yuko pereza Museveni ngo yamugambaniye kubazungu kugirango akorwe n’isoni mu maso yamahanga.

Kubera iyo mpamvu bitumye afata icyemezo cyo gutera inkunga General Tinyefuza bahoranye mu ishyamba kugirango uwo musaza bamukure kubutegetsi maze abone uko asigarana igitekerezo cyo gutegekesha igitugu akarere k’ibiyaga bigari.Muri ayo masezerano Tinyefuza yagiranye na leta Y’Urwanda ngo bamwemereye no kumuha abasirikare bazamufasha kugera kubutegetsi,ariko nawe akazahita yirukana impunzi zabanyarwanda zibarizwa muri icyo gihugu.

Bimaze kugaragara ko nta nshuti muri politiki,ahubwo hahoraho inyungu zabo kugiti cyabo,mu gihe ibindi bihugu biharanira inyungu z’abaturage kugirngo bagire ubuzima bwiza,naho benewacu bo baraharanira kumara abanturage bashinzwe kuyobora.

Ibiro bikuru by’iperereza by’uRwanda umwe mubabikoramo utarashatse ko amazina ye tuyashyira ahagaragara  avuga ko ngo ubu perezida kagame byamurangiranye ngo kuko kuva intambara ya congo yayitsindwa ngo bamwe mubayobozi bamutarije icyizere ngo yababeshyaga ko azayitsinda ngo none bamwe muri bo batangiye kwegeranya ubutunzi bwabo kugirango bafate uy’ubuhungiro.

Iryamukuru riratinda ntirihera uwo n’umugani wabakurambere ngaho rero banyarwanda nimutekereze ikerekezo mugiye gufata mu menye aho mugiye kwerekera kugirango mutazongera kurohama mu ntambara yamaraso idafite aho ihuriye n’ukuri kubivugwa mu gihugu cy’Urwanda.

Skip to toolbar