Leta y’umwakagara yemeye ko ari yo yashimuse urubuga rw’InyangeNews

Leta y’umwakagara ibinyujije muri wa mushumba wihene Gen.Nkurunziza Jackson yemeye ko ari bo bashimuse ikinyamakuru inyangeNews ngo ari bazakomeza kugerageza kugeza bashenye ikinyamakuru inyangeNews.


Ngaho nimwisomere ibyo yanditse mutagirango ndamubeshyera ibi byo murabimenyereye igishya kiriko ni uko bemeye ko ari bo bashenye ikinyamakuru inyangeNews.Gusa ubuhanuzi buvuga ko mu minsi ya nyuma yabo ng’Uwiteka azabambura ubwenge no gutekereza basigare ari ibihwahwari mu mutwe.Aba bantu basa nabamaze gusara kuko ntibyumvikana ukuntu umwakagara ukunda icyubahiro yakwemera yuko general amukoza isoni ku karubanda?Harahagazwe!!Ikigaragara ubutegetsi bugeze mu marembera.

6:53 PM (16 hours ago)

jack.nziza@yahoo.co.nz

GASHINO KA NYOKO se twagukenera nko kudukorera iki wowe PUMBAFU!
Articles se kuzisiba, bibuza ko dusubiramo?Computer yawe yabizi kwandika, izacu zikaba zikora umurimo utaruwo iyawikora. Izacu s’amapiki, si n ibitiyo. , ntabwo ari mbaha y’amazi yo kujyanaku gikwa kubaka! Zirandika tuzagura n’izo kugusweza nyoko. Swera nyoko umuce Rugongo.

Skip to toolbar