Umuhanuzi Elisha aza gusura Umuhanuzi Majeshi Leon mu butayu bugufiya

Umuhanuzi Elisha aza gusura Umuhanuzi Majeshi Leon mu butayu bugufiya

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire abantu bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko ibihe bigiye kuba bibi cyane mu myaka iri imbere More »

Never Trust the Iranian Regime – And NO to a ‘Moratorium’

Never Trust the Iranian Regime – And NO to a ‘Moratorium’

Any agreement that would allow Iran a multi-year “moratorium” towards enriching uranium again would erase everything that President Donald J. Trump has so brilliantly and historically accomplished. Any “moratorium” is essentially no More »

Umwami Kigeli V Ndahindurwa ajyanwa kwima ingoma mu butayu bugufiya

Umwami Kigeli V Ndahindurwa ajyanwa kwima ingoma mu butayu bugufiya

July 25, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihe cya Noah yabwiye abantu ibizabaho abasaba kwitegura uwo munsi w’I byago, akaga na makuba, More »

Europe’s ‘Global Alliance’ Is Not Peace, It Is Dispossession by Another Name

Europe’s ‘Global Alliance’ Is Not Peace, It Is Dispossession by Another Name

The so-called “Global Alliance for the implementation of the Two-State Solution” — co-chaired by the EU, Saudi Arabia, and Norway, with active European partners including the increasingly Israel-critical Netherlands, and openly Israel-hostile More »

Umugambi wo kwica Aimable Uzaramba Karasira wateguwe ku wa mbere ni njoro

Umugambi wo kwica Aimable Uzaramba Karasira wateguwe ku wa mbere ni njoro

Dore uko umugambi wo kwica Aimable Karasira Uzaramba wateguwe, babanje kumufata bamutamika uburozi, ari byo abacungagereza bavuze yuko ngo yabanje gutera amahane. Bamutamika uburozi hari umugabo umwe wari woherejwe na DMI. Bamaze More »

 

USA yakuwe uRwanda mu muryango w’ubucuruzi witwa AGOA

 

      USA vs Rwanda

USA: Trump Yaba Agiye Guhagarika u Rwanda Muri AGOA

Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe z’Amerika yatangaje ko mu gihe cy’amezi abiri atarenga u Rwanda ruzahagarikwa mu masezerano y’ubufatanye mu bucuruzi azwi nka “AGOA (American Growth and Opportunities Act).

Urutugu ngo rurakura ariko nta bwo rujya sumba ijosi

Inzego z’ubuyobozi mu gihugu cya Uganda ngo ziri gukora iperereza ku ibura ry’Umunyarwanda waburiye muri iki gihugu mu gihe hari haciye kabiri hatumvikana amakuru y’ibura cyangwa itabwa muri yombi ry’Abanyarwanda I Kampala cyangwa ahandi nk’uko byari bimeze kuva mu mpera z’umwaka ushize .

Ubutayu bukomeye muri gakondo ya bakiranutsi

 

      Ubutayu 2018

Gitwaza intumwa ya Satani akomeje kumerera nabi

 

      Gitwaza 2018
Translate »
Skip to toolbar