Category Archives: Uncategorized

12 Nzeri 2014 Uwiteka aransanga arambwira ati.

12 Nzeri 2014 Uwiteka aransanga arambwira ati,mwana w’umuntu,ntutinye kandi ntugire ubwoba,kuko umukuru w’igihugu cy’uRwanda yatanze amabwiriza yo guhigira hasi hejuru ubugingo bwawe nyamara ntabwo azabubona,dore intasi zirahagurutse zije kugushaka,ndetse siwowe wenyine,ahubwo n’umukuru w’ikinyamateka inyangeNews.com,ariko muhumure kuko mbarindiye munsi yamababa yanjye uko niko Uwiteka avuze.


 

Nerekwa ko,umwakagara yohereje imbaraga z’umwijima ngo zitatanye abatavuga rumwe nawe,ndetse ziteze ibyago bikomeye umuhanuzi mukuru n’umuhanuzi Majeshi Leon,nerekwa ko umuhanuzi mukuru abadaimoni bamugose bagirango bamuriganye ariko mbona atahuye uburiganya bwabo mbona bamwurije umusozi bibwirako atawushobora ariko batangazwa ni uko awuriye akawuringiza.

 

13 Sept 2014 Nerekwa leta y’uRwanda itewe ubwoba n’ubuhanuzi bwashyizwe ahagaragara n’umuhanuzi mukuru ndetse n’umuhanzi Majeshi Leon,nerekwa bakora ibishoboka byose ngo barebe uko bahitana abo bahanuzi.Mbona umwuka w’inzika urazamutse uje guhora inzigo yabatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa kigali.

Nerekwa bakurikira umuhanuzi mukuru ngo bamujugunye mu nyanja,ariko ahabwa amababa yo kuguruka akurwa aho yarari aratabarwa maze umwuka w’inzika ugira agahinda gakomeye,maze numva abashinzwe guca ibihanga abanyarwanda bavuga ngo ibihugu byose niba byari bimeze nk’igihugu cya Uganda!.Maze Uwiteka arambaza ati ubugome bw’Abatutsi ubwoko bwawe ukomokamo buzagereza hehe?

Dore batanga inka ihumanye kugirango bahumanye uwo bayihaye!Nyamara babona ahawe inka nabandi bakaboneraho kumuha izindi bamubwira ko,bamugabiye nyamara ikibabake ni uko izo nka zose zirangira ntacyo zimariye uwo bazihaye bikitwa ko,afite ukoboka kutari kwiza,mbese ninde utanga umugisha sijyewe? Dore ubwoko bwawe ntibugonda ijosi,bukunda gukiranirwa ibyiza babihinduye ibibi,nibibi babihindura ibyiza.

N’uko rero umenye ko,iminsi igiye kuza,nzahora gukiranirwa kwabo,ibyo bakoreye mu mbere ahantu humwijima hatamenyekana nzabishyira ahagaragara kandi ngiye kubakoza isoni imbere yamahanga uko niko Uwiteka avuga.

10 Biggest Myths About the Israeli-Palestinian Conflict

Misconceptions abound over the facts of the Israeli-Palestinian conflict. This video sets the record satraight using creative visuals!


Armchair politicians around the world often offer their solution to the Israeli-Palestinian conflict.

The only trouble is, is that most of the facts that they base their theories on are simply not true.

Unfortunately, wide-spread ignorance is all too common and plays a major role in spreading these fallacious theories around the world.

Thisvideo shows 10 of the most common myths about the conflict and concisely explains and educates the truth behind each one.

07th Sept 2014 Morover the word of the Lord came to me.

07th Sept 2014 Morover the word of the Lord came to me, saying son of man, in very I’m going to raise you up, so that you‘ll be able to serve me. I will give you my people you may protect them, thus says the Lord our God almighty.


07th Sept 2014 Morover the word of the Lord came to me, saying son of man, in very I’m going to raise you up, so that you‘ll be able to serve me. I will give you my people you may protect them, thus says the Lord our God almighty. 

 

Protect my people.

 

10th Sept 2014 the word of the Lord came to me, and said, son of man, without westing your time, announce that this is the time of the Lord. God almighty want to be acknowledgeable to the people, because these generation they did not know God our Lord savior that why he is going to perform the wonders and miracles and signs to the people so that they may know that he is the Lord our God who delivered Israelite from EGPTY.

He perfume the miracles in EGPTY to let EGPTIANS to acknowledge him, that why even now he want his people to acknowledge him through the wonders, miracle and signs so that people may know him as the Lord, God mighty, savior creator of the earth and heaven says the Lord our God.

05th Sept 2014,njyanwa mu iyerekwa.

05th Sept 2014,njyanwa mu iyerekwa,mbona intumwa ya satani Gitwaza Paul,afite mu ntoki imihoro mire mire cyane ifite ikirindi kimwe ariko ifite ibimane by’imihoro hejuru m,u bugi,mbona ko,afite amakarito menshi yazaniye abapastori bagenzi be,kugirango ayibagurishe!.


Ndengera mbona abanyarwanda bagizwe n’Abari n’Abatega rugori bajugunywe mu kiyaga barimo insore nsore bakeya cyane ugereranije nabanyampinga,mbona umuhanuzi mukuru aje kubakura mur’icyo kiyaga,mbona ko,intumwa ya satani Gitwaza Paul ababajwe cyane no kuba abo bajugunywe mu kiyaga hanyuma bakaba bagiye gukurwamo bitamushimishije.

Agerageza kurangaza umuhanuzi mukuru kugirango atabakuramo,ariko umuhanuzi mukuru ntiyamwitaho.Gitwaza abonye ko,bagiye gutabarwa,yohereza inzoka ikomeye cyane yo kurya umuhanuzi werimo kumwerekwa ndetse n’umuhanuzi mukuru ariko imbaraga ze ziba nkeye kuri abo bahanuzi bombi.

Abonye ko,binaniranye yohereza umwuka w’urupfu mu murango w’umuhanuzi Majeshi Leon,urwo rupfu narwo ruranenshwa,ibyo binaniranye yohereza umwuka w’urukoza soni kugirango umuhanuzi mukuru hamwe n’umuhanuzi bakorwe n’isoni mu marembo yamahanga.

Uwo mwuka nawo uraneshwa,ibyo byose birangiye,abantu yari yaragize imbata ze yatanzeho nk’igitambo,Uwiteka yohereza imbaraga zidasanzwe kumuhanuzi n’umuhanuzi mukuru maze babasha gutabara ubwoko bw’Imana.Gitwaza Imana yamuvuzeho ibyago bikomeye yanze kwihana akomeje gukorana na Anti-kristo ariko ajyenda anahanura ibinyoma ariko igihe cye nk’uko ubuhanuzi bubivuga cyaba cyegereje kuko Uwiteka Imana igiye kumushyira ku karubanda.

Aragenda akwirakwiza imyuka miba muri bagenzi be bakorana umurimo witwa uw’Imana,kubera ko nabo batabaye maso ntakabuza ko,imbaraga za sekibi zitazabura kubatwara ngo bakorere uwo barwanya uko niko Uwiteka avuga.Abantu benshi amakuru ya Gitwaza barayazi ariko banga kuyemera kuko yabaremyemo ikizere ko ar’umukozi w’Imana nyamara ntabwo ari byo nagato.

Nimushaka kubimenya muzamubwire ajye kubwiriza muri Danmark cuyangwa asubire muri leta zunze ubumwe z’america aho yirukanywe n’inzego z’ubutasi za C.I.A aho kugirango yihana akomeje kurwanya Umwami wacu Yesu kristo na data wa twese Uwiteka Imana aishobora byose.

Reka ibyiringiro byacu tubishyire muri kristo yesu Umwami wacu uduha imbaraga twizera yuko uwaduhamagaye atazabura kuturwanirira ndetse akazatuneshereza nk’uko yatuneshereje kumusaraba kumanywa y’ihangu izuba riva.Abamwiringira mwese mumenye neza mudashidikanya yuko ibyo yabavuzeho nubwo bimaze igihe kirekire bitazabura gusohora kuko umwanzi wanyu satani nabambari be,Data yamaze kunetirariza imbaraga zabo.Ubu amasengesho naho yaba arayumwana muto,ntiyabura gusenya ibikuta bya satani.Reka dusenyere kumugozi umwe naho tutabonana kubera impamvu z’intambara turwana,igihe kiri hafi ngo tuzabonane amaso kumaso.

 

Nkumbuye bene data muri kristo Yesu,nkumbuye igisirimba,indirimbo zo gushimisha n’izagakiza,cyakora ndibuka zimwe na zimwe izindi amajwi agenda anyibagira kubera amahanga abaye amatage,ariko reka twegucika intege kuko tuzi yuko umurengizi wacu atajya agwa isari.

 

Kuko atagwa isari natwe ntituzagwa isari igihe kizagera ndetse kiri hafi ubwo tuzahurira mu itorero rya kristo maze tuzahoberana dushire urukumbuzi ndetse hiyongereho no gusomana kwera kutari ukw’isi,ahubwo ukwabakiranutsi baharanira ubwami bwa Kristo wabambwe akanesha kumusaraba tukabona kubabarirwa ibyaha byacu.

04th Sept 2014,njyanwa mu iyerekwa.

04th Sept 2014,njyanwa mu iyerekwa,mbona,umuhanuzi mukuru ari mubushori shori bw’igiti maze mbona inkozi zibibi zimwohereje umwuka wabadayimoni wo kumumanura muri icyo giti,uwo mwuka wari mu ishusho y’inyoni y’umukara twaberetse iri mu gitabo cy’ubuhanuzi igice cya 1-3,iyo nyoni ni umukara akazi kayo n’ukugenzura abo iba itumweho no gukora ikiba cyizanye maze igasubirayo gutanga raporo.


Maze nerekwa ko,umuhanuzi mukuru iyo nyoni yayibonye hakiri kare,amaze amanurwa mu giti no kuyitanguranwa kugirango itakimusangamo,ahurira nayo hasi,agerageza kuyica akoresheje amaboko yabana bab’Abantu ariko birananirana,inyoni ibonye ko ayimereye nabi ihita isubirayo.

Inkozi zibibi ntizashirwa zimokomeza gukubaganira umuhanuzi mukuru maze zibonye ko ageze hasi ziteza kumera mu murima wa gakondo ibigori umurima wose uko ghakondo ingana,ndetse bahita bohereza abasirikare(Abadayimoni) kuza gufata umuhanuzi mukuru mbona baramusingiriye,maze ngira ubwoba bwinshi nibwira yuko ahari hari ikibi kigiye kumubaho.

Sinzi ukuntu yabaganirije maze imvugo ye kuko yarisize imbaraga z’Imana,irabasinziriza mbona arabacitse nshima Uwiteka Imana nkorera ko ariyo kwizerwa kandi ikaba iyo kwiringirwa.

Mu kanya nkako guhabya,mbona umuhanuzi mukuru afashe akanya ko,gusenga,asengera ya nyoni aho yariri mbona haje umwambi uvuye mu ijuru urayirasa igwa aho,mbona haje cya tinga tinga giharura bya bigori byose byari bitejwe umuhanuzi nk’ibigeregezo byose birarandurwa.

Mbona nababasirikare uko bakabaye bose haje imbaraga zirabatatanya bose bakwirwa imishwaro,imigambi y’umwanzi iba iburijwemo gutyo numva nshimye Imana cyane kuko itajya isinzira cyangwa ngo idutererana.

Skip to toolbar