Category Archives: Uncategorized

Nkunda umugabo ntacyo ampaye!

Sintera ubwoba, ndatanga umuburo- Perezida KagameMu ruzinduko Perezida Kagame aherutse kugirira mu Karere ka Nyabihu mu Murenge wa Rambura tariki ya 5 Kamena 2014,yavugiyeyo ijambo rikomeje kwibazwaho na benshi, ariko cyane cyane imiryango iharanirauburenganzira bw’ikiremwamuntu .


Ubwo yagarukaga ku bijyanye no gukomeza gushishikariza abaturage kwirindira umutekano no kwirinda ibikorwa byose byo gushyigikira cyangwa kwifatanya  n’umwanzi mu guhungabanya umutekano w’igihugu, Perezida yagize ati : “Bimwe mujya mwuva amaradiyo avuga ngo abantu bafashwe, ngo bafunze, ngo babuze, ngo n’ubwo tutemera ko bahungabanya umutekano w’abantu, ngo ariko,ariko iki ? Ahubwo turaza kongeraho ! Kubafata gusa ? Usibye kubafata turaza kujya tubarasa ku manywa y’ihangu rwose.

 Niba abantu bashaka kumenya ukuntu dufata uburemere bw’ umutekano wacu w’Abanyarwanda, turaza kubibereka ku manywa y’ihangu. Ibi rwose nabyo mbibasezeranije nka bya bindi nababwiraga by’amashuri.

 Umuntu ushaka guhungabanya umutekano w’Abanyarwanda kubera ko ngo arashaka politiki, politiki yo guhungabanya umutekano mwayumvise he ?” Nyuma y’ibi Perezida Kagame yagiranye ikiganiro na Francois Soudan, Umunyamakuru wa Jeune Afrique, kibanze cyane ku ijambo yavugiye I Nyabihu, gisohoka mu nimero 2788, cyashyizwe mu Kinyarwanda n’umunyamakuru Erick Shaba :Jeune Afrique :

 Ijambo wavugiye I Rambura ryafashwe nk’aho wasubizaga ibyasohotse mu itangazo rya Leta ya Amerika ndetse na Human Rights Watch, bombi banenga ibikorwa by’inzego z’umutekano mu Burengerazuba n’amajyaruguru y’u Rwanda. Ni ko bimeze ? Perezida Paul Kagame : Nta kintu na kimwe gishya mu byo navugiye imbere y’abantu mu Karere ka Nyabihu. Iterambere ntiryagerwaho hatari umutekano n’ituze – abaturage bacu barabizi kuko barababaye bihagije.

Ariko impamvu nashatse gusubiramo ubu butumwa mu nama nagiranye n’abaturage tariki ya 5 Kamena, ni ibintu bibiri byari biherutse kubaho. Icya mbere ni izamuka ry’umutekano mucye mu Majyaruguru ndetse na tumwe mu duce tw’Uburengerazuba bw’igihugu mu byumweru bishize.

Abantu barishwe, muri bo harimo n’umwana w’Umuyobozi w’Akarere ka Musanze, mu gitero cyashakaga kumuhitana (Meya) ubwe.Imvano y’ibi bikorwa by’iterabwoba birumvikana ni imitwe yitwaje intwaro ikorera mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.

Icya kabiri, ni raporo n’amatangazo wavugagaho byasohowe hatitawe ku byo nakubwiraga. Reka bisobanuke ; amahanga ashobora kudushimagiza cyangwa kutunenga, bashobora kudushyigikira cyangwa bagashaka kudutezamo akaduruvayo, nyuma y’ibyo byose, umutekano wacu ni twe ureba, nta wundi.

 Hanyuma, ubutumwa bwanjye bwari bugenewe abayobora abo batera ibisasu : Ducunga umutekano n’ituze ry’abaturagebacu dushingiye ku mategeko, kandi tubikora tuzi neza ko ibyo dukora bigenzurwa n’amahanga ariko ibyo ntibizatubuzagushikama, gufata ibyemezo, guhaguruka no kwiyemeza mu rugamba tubarwanya.

Ese ibi ni cyo gisobanuro cy’ ifatwa n’ishimutwa ry’abantu uregwa ? Ni ibiki turi kuvugaho ? Inzego zacu zishinzwe umutekano n’abayobozi bacu batanze ibisobanuro ikintu ku kindi, babiha abashinzwe iperereza muri iyi miryango.

Kuki habayeho iryo fatwa ? Ni iki cyabaye ku bahaswe ibibazo ? Ese itegeko ni irihe ? N’ibindi. Hanyuma bafashe umwanzuro wo gusohora raporo tutahawe uburenganzira bwo kugira icyo tubivugaho : Ibi si ubunyangamugayo, si n’ubunyamwuga kandi habayeho kubogama. Nta muntu n’umwe washimuswe mu Rwanda, nta n’uwafashwe binyuranije n’amategeko.

Ariko ni ukuri tumenyereye ibirego nk’ibyo bidafite ishingiro… Iyo uvugiye mu ruhame ko utazazuyaza kurasa umwanzi wawe ku manywa y’ihangu, uba witeguye neza ikizakurikiraho… Ibyo birumvikana. Icyo nashakaga kuvuga ni uko tutajya tuzuyaza kugira icyo dukora kandi byose twabikoze tugendeye ku cyo amategeko ateganya.

Niba ibi bidahagije kwemeza abanzi b’abaturage bacu ko bagomba guhagarika iterabwoba, ubwo tuzajya ku yindi ntera yisumbuyeho, ikomeye. Ariko icyo abatugenzura cyangwa izindi guverinoma bazadutekerezaho nta cyo kivuze.

Njye mbona binatangaje ukuntu abantu birirwa banyonga abantu ndetse na ba nyir’indege zitagira abapilote zirirwa zisiga iheruheru abaturage b’abasivili, ari bo batinyuka kutunenga kuri iyo ngingo. U Rwanda rwo, ku bw’ubwiyunge, rwagize ubutwari bwo gukuraho igihano cy’urupfu, mu gihe gereza zarwo zari zuzuye abakoze jenoside bakwiriye icyo gihano.

Ese ijambo ryanyu ahari si nka “gasopo” ku baturage ba kariya gace : “Nimufasha FDLR, muzahura n’ingaruka” ? Icyo nasobanuriraga abaturage uriya munsi, ni uko nabo bafiteuruhare mu mutekano wabo.

Bisobanuye nyine ko badakwiriye na rimwe gukorana n’abicanyi, n’ubwo baba ari abavandimwe ba hafi. Urugero rwa vuba : umuntu washatse kwica Umuyobozi w’Akarere ka Musanze ni umuyobozi watowe mu nzego z’ibanze kandi yari asanzwe azwiho ubudakemwa.

 Iperereza rya polisi ryagaragaje ko ibyo uyu mugabo yakoze yabisabwaga n’umwe mu bavandimwe be, umunyamuryango w’imena wa FDLR, bari basanzwe bavugana rwihishwa. Noneho ni umuburo… Nonese ? Buri wese azi ko iyo ari ibijyanye n’iterabwoba,iby’amasano nta cyo biba bikivuze.

Nta muntu ukwiriye kwemera kuba igikoresho. Iyo ugize uruhare cyangwa ugafunga amaso ku iyinjira ry’abakora iterabwoba mu gihugu bakambuka umupaka, hanyuma abo bantu bagatera ibisasu mu isoko I Kigali, ese utekereza ko bazabanza kureba niba muri iryo soko harimo bene wanyu ? Ngibyo ibyo navugiye mu Karere ka Nyabihu : Mu gihe harwanywa iterabwoba, umuryango ntukwiriye guhabwa agaciro cyane kuko umuryango wawe ushobora kwicwa n’abo wageragezaga gukingira ikibaba.

Ntabwo biriya ari iterabwoba nakoraga ahubwo natangaga umuburo : Murekere kurebera (soma kureebeera) nk’aho kutabyitaho kwanyu, cyangwa se ubufatanyacyaha bwanyu butazagira ingaruka.

Ni ukuvuga ko, hatitawe kuri raporo zinenga : Muvuga ko ari uburenganzira bwanyu guhagarika umuntu uwo ari wewese mutekereza ko ari ikibazo ku mutekano wanyu… Dufite uburenganzira bwo gukuraho umuntu wese ushaka
kutwica.

Iyo mvuga gukuraho, kwica uwo ari we wese, aho ari ho hose hatabayeho uburyo busobanutse bwo kubikora. Mu Rwanda kimwe no mu Burayi cyangwa muri Amerika,haba amategeko agenga ibyo byemezo bikaze.

 Izo raporo zidasobanutse z’abiyita impuguke, zifata inzirakarengane z’Abanyarwanda nk’ingaruka zagombaga kubaho hanyuma bagaha umugisha ibyo bikorwa, bazakomeze basohore izo raporo zibogamye. Umugambi wacu wo gukomeza kurinda umutekano uzakomeza uhame. Iyo nsubiramo ibi, sinkeka ko hari uwondi kugira icyo nigisha.

 

NKUKO UWITEKA YABIVUZE!!.

Afrika y’uburasira-zuba (EAC) mu ntambara ya (3) y’Isi yose.

Amakuru agera ku kinyamakuru inyangenews.com,aturuka mukarere k’Afrika y’uburasirazuba East African Community EAC,aravuga yuko kuwa 09th Gicurasi 2014,igihugu cya Kenya cyasinyanye amasezerano y’ubufatanye mubucuruzi hagati yicyo gihugu,n’igihugu cy’Ubushinwa,ndetse hemezwa yuko igihugu cy’Ubushinwa kigiye kubaka umuhanda wa gari ya Moshi uzahuza ibihugu bihuriye mu muryango w’Africa y’uburasira-zuba.


Amakuru afite gihamya aravuga ko,iyo gari ya moshi izajya ituruka Kanye,ikanyura Tanzania Burundi ,Rwanda,Uganda,na Sudani y’Amajyepfo,ibyo bikaba bijyanye n’amasezerano yasinywe kuwa 09th gicurasi,hakiyongeraho inama yahuje Kagame,Kaguta,Kenyatta mu murwa mukuru w’igihugu cya Kenya witwa Nairobi,iyo nama yabaye ejo kuwa 11th Gicurasi 2014.

Andi makuru ajyanye n’ubusesenguzi,aragaragaza yuko igihugu cy’America ndetse n’Uburayi bidashobora kwemera ko iryo soko ritwawe n’Abanyasia,kandi muri iki gihe igihugu cy’Uburusia kikaba kirimo gutegura intambara ya (lll) y’Isi yose,duhereye mu gihugu cya Ukrain aho kuwa 11th Gicurasi 2014,habaye kamarampaka mu ntara (ll) zicyo gihugu bikaba bivugwa yuko iyo kamarampaka itemewe n’amategeko.Zikaba ziyomoye ku gihugu cya Ukrain,izo ntara zikaba ubu zibzrirwa ku gihugu cy’Uburusiya aho zarahoze ar’iz’Uburusia mbere ya leta zunze ubumwe z’abasoviyette mbere gato y’intambara ya (ll) y’Isi yose.

Ikigararagara ni uko byanze bikunze hagati ya Salva kiir,Kagame,Kagutta Kenyatta,harimo (2) bagomba kuva kubutegetsi vuba nabwangu,kugirango umugambi wa EAC uburizwemo nizo mbaraga bagiye gutiza umugabane wa Asia ziburizwemo,ibyo byose birimo kuba mu gihe Uwiteka Imana yavuze yuko amazu y’ubukonje n’ay’ubushyuhe,ndetse nayubakishijwe amahembe y’inzovu byose Uwiteka agiye kubirimbura kugirango abakomeye bakozwe isoni imbere y’amahanga.

Igihugu cy’Ubudage n’Ubufaransa byahise byongera gufatira ibihano igihugu cy’Uburusiya muriyiminsi bikaba bidacana uwaka,ariko hagati aho Ubuwdage bukaba burushaho kubihomberamo kubera aricyo gihugu gikoresha gaze nyinshi iturutse mu gihugu cy’Uburusiya inyuze mu gihugu cya Ukrain.

Igihugu cy’Uburusiya cyikaba cyasabye Igihugu cya Ukrain ko,bazajya bishyura amafaranga ya gaze mbere yoguhabwa iyo gaze mu gihe bahabwaga gaze bakishyura bamaze kuyakira,ikigaragara igihugu cya Ukrain kigeze aharindimuka nubwo Uburusiya bufatirwa ibihano bijyanye n’ubukungu,perezida Puttin we ibyo ntabikozwa!

Ahubwo akomeje umugambi wogusenya igihugu cya Ukrain murwego rwongera ingufu z’igihugu cy’Uburusiya,ibihugu by’ibihangange ku isi,bikaba birigutinya kongera kwijandika mu ntambara ya lll y’isi yose kuko bazi neza uko intambara zabababnjirije uko byagendekeye,Uburayi na America kugez’ubu bikaba bias naho biri mu mazi abira kuko igihugu cy’Ubushinwa n’Uburusira bias naho byifatikanije muri ibi bizo byoze bijyanye n’intambara irigutegurwa.

Tubibutse yuko Uwiteka Imana yavuze yuko,ngo iyo ntambara izatangirira mu gihugu cya Kenya,musomeubuhanuzi neza murasanga ubwo buhanuzi bwarahanuwe umwaka ushize hagati y’ukwezi kwa munani n’ukwacyenda 2013,bnedata ndagirango murusheho gushaka mu maso y’Imana kubw’ibigiye kubaho mu isi yabazima.Ubunsi buhanuzi bwa vuba buravuga yuko ikiremwa muntu kizicuza impamvu Imana yakiremye,ibi byose bitewe ni uko ibyaha bigwiriye mu isi kuburyo ntamahirwe yabanyabyaha asigaye,nuko rero mwirinde hatagira umuzi wogusharira umera muri mwe kuko ibihe aribibi mushake mumaso y’Imana n’umwete wose kuko abakiranutsi Uwiteka Imana yavuze yuko izabarinda.

Mu gihe ubuhanuzi burushaho gusohora umunsi ku munsi,ninako tubasaba amasengesho yabakiranutsi kuko agira umumaro muri byinshi,umunsi igitondo cyiza,n’umugororba mwiza Imana ibarinde ibigiye kubaho mu isi yabazima.

Nk’uko Imana yabivuze,ubukungu bw’Uburayi bumeze nabi,bageze naho batangira kurya ruswa.

Ushinzwe ibibazo by’imbere mu bihugu bigize umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi araburira abantu ko urugero rwa ruswa rumaze kwiyongera muri uwo muryango.

Ashyira ahagaragara icyegeranyo kigamije kurwanya ruswa, Cecilia Malmström yavuze ko icyo kibazo cyangije ikizere cy’inzego za demokarasi, kikanatuma imbuga z’ibikorwa by’ubugizi bwa nabi byiyongera.

Yavuze ko ruswa ituma batakaza miliyaridi 160 z’amadolari y’Amerika buri mwaka – umubare ungana n’ubutunzi bw’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi buri mwaka.

Yongeho kandi ko inzego z’ubwubatsi n’izitanga service ku baturage arizo zasinzikaye cyane.

Ninde wajya gushuka Umwami ahab agatera igeriadi imoriadi.

Kuwa 15 kamena 2014,njyanwa mu iyerekwa,mbona umuntu ntabashije kubona isura ye ngo mumenye neza,uwo mugabo yarahagaze muburasira-zuba bw’imisozi yigikundiro,mbona aritegeye maze arekura umwambi w’ingobe,uwo mwambi utamabagira ikirere cy’Urwagasabo ushakisha umwakagara aho aherereye,iryop yerekwa ryaje ahagana mu masaa mbiri na mirongo ine nitanu 8:45 z’ijoro.


Ubwo umwambi kugera mukirere warahatinze cyane urimo gushakisha icyerekezo cyaho umwakagara ahagaze,maze nerekwa ko,umwakagara aherereye IKUSI,mu majyepf y’uburasira-zuba,mbona umwambi urakomeje utambagiye ikirere ukomeza gushakisha aho wamukuru ariko usa naho utarafatisha ikirere cyaho ahagaze.

N’uko mbona Umwuka w’Uwiteka asohotse mu muryango w’ijuru,aramanutse aragenda ajya imbere yuwo mwambi,umwambi nawo ukurikira Mwuka wera maze baragenda mbona Umwuka wera yeretse wa mwambi aho Umwakagara Paul Kagame ahagaze,maze wa mwambi umuturuka murubavu rw’ibumoso umuhinguranya mucyiciro uhinguka murundi rubavu umwakagara asezera ku isi yabazima.

Igihe niki kandi kirageze ubanza nyakanga iza kumwanga ibintu ntibikiri byabindi,kuko kuwa 05 nyakanga niho Habyara yafashe ubutegetsi 1973,akuyeho Kayibanda.

Kuwa 04 Nyakanga 1994 niho umwakagara yafashe umujyi wa Kigali maze kuwa 19 Nyakanga 1994 ashinga leta ubutegetsi buba bugiye gutyo,nyakanga rero muburyo bw’Ubuhanuzi n’umubare wokuzura k’ubumana bisonuye ko,ahari iby’Imana yavuze bishobora gusohora mur’uku kwezi kuturi imbere.

Nyakanga niho Umwami Mutara wa lll Rudahigwa yatanze kuwa 24 muri 1959,nyakanga rero yabanyarwanda ni ukuyitodera igihugu cy’Urwanda gikozwe muburyo bw’ubuhanuzi niyompamvu abanyarwanda benshi birwa bigora bashakishiriza ahandi nkabandi bose bikabananira.

Musabwe kwitonda kuko ishyamba Atari ryeru,cyakora Uwiteka yite kubacu nibyacu kugirano nyuma y’ibi bihe tuzabashe guhagaragara tumuvuga tumukorera Uwiteka abane namwe kandi abagirire neza.

Amen.

Nimuhaguruke murwanire ingoma Kega,byaba ataribyo amashuri mwiga nayubusa’Kaga Paul’.

Amakuru aturuka muri repubulika y’urwanda,mu nzego zikorana byahafi na perezida Paul Kaga,aravuga ko,abanyeshuri biga mu mahanga bingajemo cyane cyane abakobwa bab’Akagara,umuryango wabega ufite amazu (6);ubariyemo nabega babahutu bitwa abaswere bahoze bahatse kubega babakagara.


Aya makuru avuga yuko abagera kuri 80% bagize abo banyeshuri arabega bahorejwe kwiga kugirango bazaramire ingoma yabega,abandi barimo n’inshuti z’imiryango yabega bemeye gucinya inkoro hasi kugirango babone amaramoko.

Amakuru atugeraho yemeza neza yuko abo banyeshuri bose bahawe inshingano zo kuneka abanyarwanda b’impunzi baba mumahanga,babifashijwemo n’inzego z’ubutasi z’uRwanda zikorera mu mahanga zizwi ku izina rya (NSS);ibyo bikorwa bikorwa binyujujwe muri za ambasade z’urwanda aho ziri ku isi hose.

Nkuko abakorera muri izo nzego za Paul dore ko byemejwe n’inama yabaminisitiri ko Paul Kaga ,ariwe ukuriye ibikorwa byose by’ubutasi,nubusanzwe niwe wabikontororaga cyakora byari bitaremezwa n’inama yabaminisitiri ikorera murugwiro.

Aba banyeshuri bahawe inshingano zitoroshye dushingiye ku makuru duhabwa nabari muriyo nama yokwiga imikorere yabanyeshuri mumahanga aho bagiye guhaha ubumenyi,babwiwe ko bagomba kuroga umuntu uwari we wese cyakora sibose bahawe izo nshingano kuko harimo abatakwizerwa kugeza aho bahabwa inshingano nk’izo.

Cyane amakuru aribanda kubega babakagara kuko aribo banyiri ngoma,dore ko,bagaragarijwe ko,niba badashyigikiye ingoma yabega,nibarangiza kwiga nta kazi bazabona,kandi nabo bashobora kuzakurikiranwa n’ubutegetsi buzaba busimbuye fpr,kuko ibikorwa byose leta y’uRwanda ikora ngo byaba bizwi nabatavuga rumwe nayo.

Umukuru w’igihugu yashimangiye muri aya magambo ko,ndetse nabo akorana nabo atakibizera ngo kuko bamwe muribo aribo bakomeje gutanga amakuru ya Manama bakora ejo ukayasanga hanze kandi abatavuga rumwe na leta ye,baba batari muri iyo nama.

Yabasabye ko,biga neza,aha ndavuga igice kimwe cy’abega bakoreshejwe inama mu muhezo aho bahamagawe bashingiye kumanota babonye mu ishuri biravugwa ko,abo bajyanywe mu nama yabo ukwabo hanyuma Paul Kaga aza kongera kubakoresha inama rusange hamwe nabandi.

Ibyo bikaba ar’ibintu byumvikana ko,ababonye amanita meza bagomba kubishimirwa gusa igiteye impungenge ni uko bahawe izo nshingano zo kwirenza bene wabo,bamenyeshejwe ko nta nshuti ibaho muri politike ngo umuntu wese ashobora kuba umwanzi bijyanye n’inyungu akurikiranye.

Umukuru w’igihugu yabibukije ko,abazungu batabakunda,’Abatutsi’rero ko basabwe kutajya bumva amabwire namagambo ayavuga ibyo bishakiye bashaka kurwanya iterambere uRwanda rumaze kugeraho.Dore turashaje nimwebwe tugiye gusigira igihugu bityo rero mukwiye guhangana nabanzi b’igihugu cyanyu kugirango ejo tuzagire ahazaza heza.

Ibi byose mugezeho byatewe nabanyarwanda bitanze’Abega’kugirango uyu munsi mube muri kwiga mu mahanga.Ntakuryama,ntagusinzira,ntaguttsindwa mu ishuri kuko ubwo bumenyi aribwo igihugu gikeneye ‹Kaga Paul› akaba arinayo mpamvu igihugu kibatangaho akayabo kamafaranga atagira ingano kugirango mujye guhaha ibizateza igihugu imbere.

inyangenewseditor@gmail.com

Translate »
Skip to toolbar