Ninde wajya gushuka Umwami ahab agatera igeriadi imoriadi.

Kuwa 15 kamena 2014,njyanwa mu iyerekwa,mbona umuntu ntabashije kubona isura ye ngo mumenye neza,uwo mugabo yarahagaze muburasira-zuba bw’imisozi yigikundiro,mbona aritegeye maze arekura umwambi w’ingobe,uwo mwambi utamabagira ikirere cy’Urwagasabo ushakisha umwakagara aho aherereye,iryop yerekwa ryaje ahagana mu masaa mbiri na mirongo ine nitanu 8:45 z’ijoro.


Ubwo umwambi kugera mukirere warahatinze cyane urimo gushakisha icyerekezo cyaho umwakagara ahagaze,maze nerekwa ko,umwakagara aherereye IKUSI,mu majyepf y’uburasira-zuba,mbona umwambi urakomeje utambagiye ikirere ukomeza gushakisha aho wamukuru ariko usa naho utarafatisha ikirere cyaho ahagaze.

N’uko mbona Umwuka w’Uwiteka asohotse mu muryango w’ijuru,aramanutse aragenda ajya imbere yuwo mwambi,umwambi nawo ukurikira Mwuka wera maze baragenda mbona Umwuka wera yeretse wa mwambi aho Umwakagara Paul Kagame ahagaze,maze wa mwambi umuturuka murubavu rw’ibumoso umuhinguranya mucyiciro uhinguka murundi rubavu umwakagara asezera ku isi yabazima.

Igihe niki kandi kirageze ubanza nyakanga iza kumwanga ibintu ntibikiri byabindi,kuko kuwa 05 nyakanga niho Habyara yafashe ubutegetsi 1973,akuyeho Kayibanda.

Kuwa 04 Nyakanga 1994 niho umwakagara yafashe umujyi wa Kigali maze kuwa 19 Nyakanga 1994 ashinga leta ubutegetsi buba bugiye gutyo,nyakanga rero muburyo bw’Ubuhanuzi n’umubare wokuzura k’ubumana bisonuye ko,ahari iby’Imana yavuze bishobora gusohora mur’uku kwezi kuturi imbere.

Nyakanga niho Umwami Mutara wa lll Rudahigwa yatanze kuwa 24 muri 1959,nyakanga rero yabanyarwanda ni ukuyitodera igihugu cy’Urwanda gikozwe muburyo bw’ubuhanuzi niyompamvu abanyarwanda benshi birwa bigora bashakishiriza ahandi nkabandi bose bikabananira.

Musabwe kwitonda kuko ishyamba Atari ryeru,cyakora Uwiteka yite kubacu nibyacu kugirano nyuma y’ibi bihe tuzabashe guhagaragara tumuvuga tumukorera Uwiteka abane namwe kandi abagirire neza.

Amen.

Skip to toolbar