09 April, 2024 Amakuru dukesha ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) Ubuhanuzi bwavuze yuko abega batanze ikirego gihimbano muri (Interpol) basaba yuko bahabwa impapuro zo guta muri yombi (warrant of arrest) Umuhanuzi Majeshi Leon. (Interpol) bamaze kumva no kureba ikirego cyatanzwe na Leta ya Kigali, bahise bagitera utwatsi kuko kidafite ishingiro.

Ubuhanuzi bukomeza buvuga ko, ngo abega bahagritswe umutima no kuba maze iminsi ntagikora nk’uko nakoraga. Bakavuga ko batazi gahunda naba ndimo gupanga cyangwa gutegura bakurikije ibimenyetso byo kuvaho kw’ingoma yabo, bavuga ko bigaragara yuko byegereje kandi bigiye gusohoza umulimo wabyo.

Ikimenyetso cya Raila Odinga ugiye kuyobora AUC amaze kugeza ubu amaze kubona amajwi 27/34 (two third vote for the first round). Murayo majwi halimo niry’Umwakagara wamaze kwemeza no gutangaza yuko ashyigikiye Raila Odinga ko ayobora AUC.

Ikindi kimenyetso ni uko Ruto yasabye Raila ko yareka gutegura imyigaragambyo ko SERVER bagiye kuyifungura ngo kuko icyemezo cy’urukiko rwa KIAMBU county ntaho gihuriye namasezerano yaturutse mu biganiro byamaze kwemezwa n’intekoshinga mategeko na Senate bivuze ko byamaze guhinduka itegeko yuko SERVER igomba gufungurwa nta mananiza ashyizweho na Leta ya KK regime.

Biracyekwa ko muri uku kwezi bashobora gutangaza ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye 2022, nibasanga RUTO ataratsinze amatora azasabwa kwegura akazatangaza kuri TV ko yeguye kubera ko akanama ka IEBC kamubeshye ko yatsinze kandi atanze.Icyo gihe Ubuhanuzi buzaba busohoye nk’uko bwavuze ko bazafungura server bakazasanga ataratsinze amatora y’umukuru w’igihugu kandi ko, azahita yegura kuri uwo mwanya Uhuru Kenyatta akaba ari we uzagarurwa ku butegetsi mu gihe cy’iminsi (90) agategura amatora bundi bushya ashobora kuzaba mukwezi kwa munani (August 2024).

egretnewseditor@gmail.com

Skip to toolbar