Bumwe mu buhanuzi bwatangajwe 2021 bwosohoye 2022

Umwaka ushize 2021 ubuhanuzi bwavuzeko muri 2022 icyorezo cya covid19 ariho kizarangira.

Kuba igikombe cy’isi kilimo kubera muri Qatar, n’ikimenyetso simusiga kigaragaza ko icyorezo cya covid19 cyarangiye.

Gusubira inyuma kw’inyeshyamba z’umwakagara M23, n’Ubuhanuzi bwasohoye tutari twatangaza ku inyangeNews twibwira ko bushobora kuzatangazwa ku inyangeNews by next year 2023.

Iri nisesengura ntabwo ari ubuhanuzi, umwaka utaha birashoboka ko, hashobora kuzabaho ibibazo bya politike ku isi mu bihugu bimwe na bimwe cyane muri Amerika no muri Kenya.

Kuba Republican cyangwa conservatives ishyaka riyobowe na former president Donald Trump ari ryo rifite ubwiganze mu nteko shingamategeko ndetse akaba aribo majority leader muri senate politically bisobanura byinshi mu buzima bwa politike ku batuyi isi.

Kuba baratangiye gukora iperereza inkomoko y’icyiza cya covid19 cyatumye isi yose yisanga mukangaratete iyo raporo niramuka igiye ahagaragara ishobora kuzatuma habaho impinduka muri politike no mu bukungu bw’isi.

Mu gihugu cyacu cya Kenya hashobora kuzabaho impinduka n’ingaruka muri politike izaba itewe no kuba Joe Biden yarivanze mu matora y’umukuru w’igihugu nk’uko Raila Odinga yabitangaje.

Kuba Joe Biden atagifite inteko shingamategeko y’abademokrate yarifite ubwiganze byatumye William Ruto warushyigikiwe na Biden ubutegetsi bwe bushoboka ko bwazagira ibibazo kuba nta ngufu agifite international.

Leta ayoboye nta kantu ifite, imisoro y’abaturage iza yishyura imyenda dufite igera kuri triyali 12 z’amashillingi. Alimo gushaka uko yakuraho ba komiseri (4) banze kurya intonorano ze kugirango arebe ko 2027 yabasha kongera kwiba amatora.

Impuzamashyaka ya Azimio La Umoja one kenya iyobowe na Raila Odinga yatanze imbwirwa ruhame mu itangaza makuru ko, itanze integuza yuko mu gihe Ruto yahirahira kwirukana ba komiseri (4) batashyigikiye intsinzi ye, ko igihugu gishobora guhura na kaga gateye ubwoba.

Muri gakondo yabakiranutsi umwakagara ashobora guhura na kaga gateye ubwoba mu by’ubukungu America niramuka ifashe umwanzuro wo guhagarika inkunga bamuhaga ingana $147

DRCONGO 2023 niho amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe, uyu umwaka wa 2022 usigaje iminsi 36,ngo ube urangiye. 2023 n’umwaka uzabamo amatora y’umukuru w’igihugu ashobora kugenda neza cyangwa nabi.

Muri Uganda ho haravugwa kuba Yoweri Kaguta Museveni ashobora guhindura itegeko shinga kugirango akureho republika ashyireho ubwami bugendera ku itegekonshinga nk’uko ubuhanuzi bwabitegetse.

Ariko ntabwo bwavuzeko ari we uzaba Umwami, ahubwo buvugako azahunga igihugu igice cy’i (171) cy’ubuhanuzi.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mu gihugu cy’Ubuperesi hima ingoma Umwami witwa Rwangabo,ariko kubera kwirinda yuko abanyaUganda bamenya ko ari umwe mu bakomoka mu bwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo,bahina amazina ye bamwita «RWANGA» mbona abanyaUganda bitotomba cyane ko himye Umwami utari umugande ariko bifata ubusa babura uko babigenza yima ingoma arabategeka biratinda asimbura Umwami wabagande uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Niringabo abivuga.

Mu nama yabereye Nairobi taliki 17 November 2022 iyobowe na Bobi Wine Chaguranyi yavuze ko General Museveni yahinduye itegeko shinga 2005,akuraho term limits of the President. 2018 akuraho age limit aho itegeko shinga ritemeraga uwimamaza afite imyaka irenze (75)

None akaba agiye gukuraho amatora y’umukuru w’igihugu ashyireho (constitution mornachy) kugirango azagwe ku butegetsi azasimburwa n’umuhungu we General Kainerugaba Muhoozi.

In fact, mu buhanuzi dufite tutari twabagezaho, title ya president kw’isi yose yaciriweho iteka. Kuba umwana w’Umusinga n’Umwakagara bafite izo nzozi zo gushinga ubwami buriya imandwa zarababuriye.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Yoweri Kaguta Museveni ahunga igihugu cya Uganda,anyura mu Nyanja yahahoze ari ubutayu,hanyuma haza kuba inyanja.Mbona ko ahunganye na bandi benshi cyane bamugaragiye ku butegetsi bwe,bose bagira amahirwe barambuka bagera ku nkombe ziyo Nyanja.

Ijambo  ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,Umwami Kigeli Ndoli,dore Yoweri Kaguta Museveni azahunga igihugu cye,kandi umunsi azahungaho amaze kwambuka inyanja champions league ya England izahuza Manchester United hamwe nindi ikipe Museveni azasaba ko bamushyira aho akurikirana iryo rushwanwa ‹champions› iryo niryo rizaba iherezo ry’ubutegetsi bwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Skip to toolbar