Bongeye gukora ibyo bamenyereye bajya gushaka umuhanuzi kazi bivuga ko akomeye cyane avugana n’Imana direct. Ubwo sinakubwira binjira mu cyumba cyo basengeramo bambaye ibigunira nkuko byanditse muri bible nayo ya maze gucirwaho iteka.
Ubwo baratakamba bavuga ngo Mana we vugana n’umucamanza uca imanza za we zitabera adukurireho files yaduhaye maze umukobwa wacu SHIMA Diane Rwigara abone umugabo cyangwa umutegeke yemere kumurongora, baratakamba cyane maze Imana ibagirira imbabazi irabavugisha irababwira ngo ni mujye kureba umucamanza uca imanza zitabera muvugane na we arabakuriraho files numbers.
Babwira Imana bati, rwose nta bwo yatwumva ube ari wowe uvugana nawe wowe arakumva!!!
Uwiteka Imana Nyiringabo araza arambaza ngo ushobora gukurirwaho files kwa nyokobukwe!
Umwami Kigeli Ndoli akaba n’umucamanza asubiza Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ati, ko aribo baciriweho iteka, ni wowe ubasabira imbabazi???
Uwiteka Imana Nyiringabo arinumira arigendera.Iyi nimvugo nkoresheje muri macye ngo mwumve agaciro kimanza zitabera kuko data yampaye umulimo icyemezo mfata nta bwo ashobora ku kivuguruza kuko ari imanza zitabera!!!



