Monthly Archives: May 2019

Economical Weapon : Intambara y’ubucuruzi: Amerika ‘yagabye igitero’ ku Bushinwa


Ubushinwa bwavuze ko ‘bubabajwe’ n’iki gikorwa ariko nabwo buza gufata ‘ingamba zikwiriye zo kwihimura’
Leta zunze ubumwe za Amerika zakubye inshuro zirenze ebyiri imisoro ku bicuruzwa by’agaciro ka miliyari $200 biva mu Bushinwa, byafashwe nk’igitero gikomeye mu ntambara y’ubucuruzi ibi bihangange ku isi birimo.

Ikinyoma cy’Abega n’umunsi!Azabeshye abatabazi!!!

Mu ruzinduko mu karere ka Rubavu Perezida Paul Kagame yibanze ku kubwira abaturage uko ubucuruzi bukwiye gukorwa anababwira ko nava ku butegetsi ashobora kujya kwikorera.Ariko se abega babaho batica ngo babone uko biba???

Uko Isi Ihagaze Muri Iki Gihe

 

      Analysis Pro 2018

Kuki Bobi Wine Akomeje Guhanga Indirimbo Zirwanya Museveni?

Umuhanzi Bobi Wine
Robert Kyagukanyi umuririmbyi bakunze kwita Bobi Wine wabaye mudepite mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, yirenze ararahira ko azakomeza gukoresha ibihangano by’indirimbo kurwanya Perezida Yoweri Museveni yivuye inyuma. Ariko uko bigaragara muri ibi bihe indirimbo ze zikomeje guhura n’urukuta rwa leta

Perezida Trump avuga ko Ubushinwa ‘bwishe ibiganiro’ by’ubucuruzi

Perezida Donald Trump w’Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yavuze ko Ubushinwa “bwishe ibiganiro” by’ubucuruzi, amagambo yongereye ubushyamirane mbere yuko impande zombi zikorana inama.

Skip to toolbar