Perezida Macron Yemeye Uruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside Yabaye mu Rwanda

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yakira Emmanuel Macron w’Ubufaransa

Hashize imyaka itatu u Rwanda n’Ubufaranda bigerageza gusubiza mu buryo umubano wabyo.
Mbere y’uko ahaguruka mu Bufaransa, Emmanuel Macro yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter ati; ‘Mu ma masaha make, turandika amateka mashya y’umubano hagati yacu n’u Rwanda n’Afurika’.
Ageze i Kigali, igikorwa cye cya mbere cyaranzwe no gusura urwibutso rwa gencide rwa Gisozi, ihashyinguwe abantu barenga ibihumbi 250. Yahavugiye ijambo ryari ritegerejwe.
Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yakurikiranye iryo jambo
Skip to toolbar