Perezida Macron Yemeye Uruhare rw’Ubufaransa muri Jenoside Yabaye mu Rwanda

Perezida Paul Kagame w’u Rwanda yakira Emmanuel Macron w’Ubufaransa

Hashize imyaka itatu u Rwanda n’Ubufaranda bigerageza gusubiza mu buryo umubano wabyo.
Mbere y’uko ahaguruka mu Bufaransa, Emmanuel Macro yanditse ku rubuga rwe rwa Twitter ati; ‘Mu ma masaha make, turandika amateka mashya y’umubano hagati yacu n’u Rwanda n’Afurika’.
Ageze i Kigali, igikorwa cye cya mbere cyaranzwe no gusura urwibutso rwa gencide rwa Gisozi, ihashyinguwe abantu barenga ibihumbi 250. Yahavugiye ijambo ryari ritegerejwe.
Umunyamakuru w’Ijwi ry’Amerika Assumpta Kaboyi yakurikiranye iryo jambo
Translate »
Skip to toolbar