Daily Archives: April 15, 2026

Amakuru impunzi z’abanyarwanda bakwiye kumenya ku bijyanye ni ibyangombwa!!!

Abanyarwanda bahunze Leta y’u Rwanda bashobora kugira ibibazo nyuma yuko Leta y’ u Rwanda ifashe icyemezo cyo guhindura ID cyangwa indangamuntu. Abajyaga bakoresha ID mukarere kibiyaga bigari cyane muri East African Community EAC bashobora kutazakomeza gukoresha id murwego rwo gutembera ndetse banakoresha iyo id mu bucuruzi bwabo.

Madam Jerome witwa Immaculate agiye gukora ubukwe bwihuse cyane

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko abega b’abagara barushijeho guhagarika imitima cyane, nyuma yo kumva yuko abo mu nzu ya bakono bamaze kwifatanya n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Is Washington About to Replace One Iranian Tyranny with Another?

The issue is no longer whether the regime in Tehran is under strain — it clearly is — but whether Washington is preparing, consciously or not, to replace a brutal clerical dictatorship with a brutal military one. The idea that a military structure could serve as a “moderate” transitional governing authority in Iran seems to rest on the fragile assumption that professionalism leads to moderation.

Benjamin Rutabana yafunzwe gute, yarekuwe gute? Kuki kuva yafungurwa atari yajya ahagaragara?

 

      Ben_Rutabana

Uko isi izakomeza kwirengagiza imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, n’umucamanza Majeshi Leon Ainesha, abatuye isi bazarushaho kugira ibibazo bimeye cyane!

June 15, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona kw’isi yose habuze amavuta atwara imodoka yitwa (fuel) ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo isi yose igiye kwinjira mu butayu bugufiya kubera gusuzugura Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango abacishe bugufiya bamenye yuko ari we waremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar