Madam Jerome witwa Immaculate agiye gukora ubukwe bwihuse cyane

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko abega b’abagara barushijeho guhagarika imitima cyane, nyuma yo kumva yuko abo mu nzu ya bakono bamaze kwifatanya n’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Kandi ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko umugore witwa Immaculate Jerome baturutse mu Burundi basengeraga kwa ya intumwa ya Satani Paul Gitwaza, ko uwo Immaculate Jerome agiye kongera gukora ubukwe vuba byihuse cyane.

Ubwo rero bakwiye kwitegura ubwo bukwe bagakoresha invitation nyinshi zo guha abazataha ubukwe ndetse bagategura na mafunguro azahabwa abantu bazataha ubwo bukwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar