Daily Archives: April 10, 2026

Biragoye cyane kugirango abega barwanye ubwami bw’ u Rwanda babumareho burundu!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urabe maso cyane kuko intambara urwana n’ibikomangoma by’Umwami Kigeli V Ndahindurwa nta bwo yoroshye kuko Gakwaya Jean Marie akorera ubwami bubiri. Ariko cyane yemera ubwami bw’abega buyobowe na Paul Kagame uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Child Protection on Trial: The Maria Shahbaz Judgment

[T]his is not simply a controversial ruling; it is a test of whether the law can truly protect the most vulnerable, or whether it can be manipulated to legitimise their exploitation. This sequence transforms what begins as an allegation of abduction into a legal narrative of voluntary marriage. The Shahbaz judgment reinforces this pattern rather than challenging it.

The Dominant Future of Fusion Energy

Developing nuclear fusion energy — which will be indispensable to generate the enormous amounts of energy that will soon be needed for AI, data centers, quantum computing, and to prevent the Communist Chinese Party from overtaking the United States as this century’s global superpower –- is fast making progress. Whoever has the best AI – which realistically can only be fueled by limitless quantities of clean, inexpensive energy – will be the country able to win any war with autonomous drones and other robotics. If we do not develop them, China will – and is already well on the way.

Abacuruje amagupfa ya bantu bishwe muri 1994, na bo amagupfa yabo azacuruzwa niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abitegetse!!!

July 4, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Ubuhanuzi bwateje impagarara nyinshi cyane mu ngoma y’abega iyobowe na Paul Kagame, kuko ahagaritse umutima cyane kubera wa maze kugaragaza imigambi ye yo gusenya ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonshinga, niba Umwami w’ u Rwanda atabaye maso cyane, Gakwaya Jean Marie azamukura kw’isi ya bazima uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Translate »
Skip to toolbar