Ubudage Bwiyongereye ku Bihugu Bimaze Gufatira u Rwanda Ibihano.Amahanga akomeje gushinja u Rwanda gushyigikira inyeshyamba za M23 zimaze kwigarurira ibice byinshi mu burasirazuba bwa Kongo. Minisiteri ishinzwe iterambere y’Ubudage kuri uyu wa kabiri yatangaje ko iki gihugu gihagaritse inkunga nshya y’iterambere k’u Rwanda kandi ko kirimo gusuzuma amasezerano yari ariho, kubera uruhare rw’u Rwanda mu ntambara zo mu burasirazuba bwa Repubulika ya demukarasi ya Kongo.
The Holy See Press Office presents the Pontifical Academy for Life’s General Assembly taking place this week on the theme “The End of the World? Crises, Responsibilities, Hopes.”
Mu buryo butari bwitezwe, Tshisekedi na Kagame bahuriye i Doha, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Tshisekedi bahujwe na Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani Read More »
Mu buryo butari bwitezwe, Tshisekedi na Kagame bahuriye i Doha, Perezida Paul Kagame na mugenzi we Félix Tshisekedi bahujwe na Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani Read More »