Amarembera y’ingoma y’abega, ingabo za RDF zizicwa zijugunywe kumihanda!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, rambura amaso yawe witegereze imbere yawe, maze umbwire icyo ubonye, nditegereza mbona ijambo ryanditse ku gikuta (the rhema word writen on the wall called Re-Sing). Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ugiye kongera kuririmba, kandi nta bwo ari indirimbo z’umubabaro ugiye kuririmba, ahubwo n’indirimbo z’umunezero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
OCT 28, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe dore nguciriye inzira mu gikari cy’abakiranutsi kuko imigambi y’umwanzi nzahora nyiburizamo iteka ryose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame ahaye amabwiriza ingabo za RDF yo kulinda igihugu, ariko se baralinda iki? Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abaza!
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mbese Uwiteka atalinze igihugu mbese umulinzi ntiyaba yiruhiriza ubusa? Uko niko Uwiteka abaza! Dore umwanzi wabo ari muri bo hagati yabo, ubwose baralinda iki? Uko niko Uwiteka abaza! None se bibwira yuko hari umuntu uzava hanze y’igihugu ngo aje ku batera? Nyamara bararuhira ubusa nk’umupfu ugana ikuzimu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona kandi nitegereza uko umurwa umeze maze nsanga igihugu cyose cya mbaye ubusa cyerade! Nta muntu ukiri mu murwa mukuru w’(Isalem). Ahubwo umurwa wari wuzuye ingabo za RDF, nuko mbona uhereye inyamirambo kuza ukagera ahahoze akarere ka Nyarugenge mbona ingabo za RDF ziraje ziza zinsantira zifite imiheto n’imyambi zirasa Umuhanuzi Majeshi Leon ntihagira umwambi n’umwe umfata uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingabo za RDF zigize umutwe wa za magigiri zihawe amabwiriza ya nyuma yo kuguhiga ngo ziguce igihanga, ariko barashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka ko, Umuhanuzi agwa hanze y’umurwa mukuru w’isezerano (SALEM) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka ya RDF yakoze impanuka (accident) mbonamo abasirikare (2); bapfiriyemo mu modoka ndetse nta n’umuntu ubitayeho ngo abakuremo ajye kubahamba. Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingabo za RDF zizapfa zijugunywe ku karubanda yewe habe no gushyingurwa nti bazashyingurwa kuko bishe abantu benshi babaziza ubusa, none igihe cy’Uwiteka kiraje kandi kirasohoye ngo Uhoraho ahore inzigo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tereza amaso maze urebe mukirere cy’ISAMARIYA maze umbwire ibyo uhabonye.
Nuko ntereza amaso mukirere cy’ISAMARIYA (Burundi) maze mbona abakuru b’igihugu bo muri icyo gihugu baterana mu nama yikubagahu nuko mbona mu gihe binjiye mu nama haza umwe mu baminisitiri uturutse kumurwa mukuru w’ (ISALEM) azanywe no kurangaza abari muri iyo nama yo gufata ibyemezo byo kurwana igihugu cy’UBUYUDA.
Uwo mu minisitiri akimara kugera ku nzu mbera byombi yarilimo gukorerwamo inama mbona abura umuntu wo kumwakira, maze asaba intwaramuheto yari aho ngaho uruhushya rwo kwinjira muriyo nama maze mbona ko iyo ingabo Bamwemereye kwinjira arinjira maze abari mu nama abagwaho gitumo bahita bahagarika inama bakoraga dore ko batari bamutumiye maze aba ageze ku mugambi we wo kubarangaza kugirango bahagarike ibyo bakoraga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka wo kurangaza igihugu cy’ISAMARIYA ugeze muri uwo murwa umwakagara yishe umwana w’u murundi wo mu bwoko bw’Abahutu nk’uko ibyahanuwe bivuga usibye ko nawe nyuma y’igihe kitari kinini atazabura kumukurikira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame azarimbura gakondo ya bakiranutsi ndetse n’umurwa mukuru w’(Isalem) na yituye bose azabaca ibihanga, narangiza niwe uzahereka gucibwa igihanga uko niko ubwami bw’Abega n’Umwami wabo bazarimbuka burundu uhereye icyo gihe nibwo gakondo ya bakiranutsi izatangira kubakwa bundi bushya ikazarusha ubwiza gakondo ya mbere yari yarubatswe n’ingoma y’abega kuko ibigiye kuyiberamo biteye isoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
OCT 29,2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu itegereze umbwire icyo ubonye imbere yawe, nditegereza mbona muri Embassy y’uRwanda intasi z’uRwanda zirimo gutanga amabwiriza yo kongera umurego wo kwica abanyamuryango ba RNC, mu bo nabonye bari muri iyo Embassy harimo Umuhanuzi-kazi ESTHER Marie MUREBWAYIRE ahabwa amabwiriza yo gucengera akaneka abayobozi ba RNC maze akajya atanga (report) muri Embassy y’uRwanda ishinzwe kubaha amabwiriza na mashillingi yo gukoresha mukuneka abayobozi ba RNC uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abanyamuryango ba RNC ndetse na bayobozi biryo ishyaka birimde uwo muhanuzi-kazi w’ikinyoma ubeshya ko akorera Uwiteka Imana Nyiringabo kandi akorera inda ye, dore Uwiteka aramuvumye kuko yakerensheje ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Bishop Rwandamura Charles avuga ngo, kuki twebwe Uwiteka Imana atatwemerera kujya muri politike hanyuma Umuhanuzi Majeshi Leon we, akaba yemerewe gukora politike? Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu na kubwiye yuko gakondo ya bakiranutsi izayoborwa n’Umwami uzasimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu reba igihimbano cy’u mwuka mu indirimbo yo mu zo gushimisha Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Indirimbo ya 385:
1 Murinzi we menyesha igihe Iwacu se n’i muhero? At’ijoro ryijimye cyane buracya hanyuma, ntukarire,ukomeze, nturorere kwiringira, kugez’igihe uzagerayo ku munsi uhoraho.
2 Murwanyi we, cyo mbwira nawe, ansubiza yitonz’ati, dore urugamba rurashira, guma mu ntambara. Ntubabare wihanganye, wirek’imirimo yawe, tuzabona igihembo, cyiza nidutabaruka.
3 Ndacyabaza ibyaremwe byose, binsubiza bitya biti: Iyi si yacu iza gushira, haz’ind’ihoraho. Umeny’ibyo bimenyetso, bigaragaza kuza kwe, Kandi ibyaremwe uko bingana, byiteze impanda ye.
4 Twishime mu mitima yacu, ku kw’imuhira ari hafi, duhumure, tuzaruhuka, tutakibabara. Ntukarire, tuzabona ibyago bizashiraho,
ntituzaburayo amahoro kwa Yesu mw’ijuru.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu reba igihimbano cy’u mwuka mu indirimbo yo mu zo gushimisha Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
405: Dori isi ukuntu ikwifuza:
Dor’ is’ ukunt’ ikwifuza: Mukiz’ iragukumbura! Umva uko bagutakira, ngo n’ iki kigutindije? Uzaza ryari, mucunguzi, wime bwa bwami budashira, ngw ibyaremwe byose byishime? Icyamp’ ukaz’ udatinze!
Gusubiramo
Umwami Yes’ ubw’ azaza, (X 3)
Tuzamureba, tunyurwe!
2 Azazana n’ ingabo ze, impanda bazivugije, abapfiriye muri we, bazuke, bamusang’ ubwo! Natw’ abazaba bakiriho atujyane hamwe na bo, tubane na w’ iteka ryose icyamp’ akaz’ adatinze!
3 Satani n’ abadayimoni bazahunga mu maso he, ab’isi b’abagurano, azaza ngw ababature! Kandi amahoro azatwari isi; azaca intambara, zishire, ahindur’ ibi byose bishya, icyamp’ akaza adatinze!
4 Bagenzi, tube mas’ ubu, duhore tumwiteguye n’ukuli, databuja uwo, nta wuz’ igih’ azazira. Nyamara’ azaza ku ngoma ye, aya makuba ayamareho, duhumure, dutegereze icyampa akaz’ adatinze!
egretnewseditor@gmail.com