Intumwa ya Satani ahumanya abantu b’Imana

Sept 17,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona gakondo yabakiranutsi, mbona ko gakondo ikorewe neza, ariko umusaruro uba mucyeya, ariko ku mpande y’uruzabibu mbona ko, hari ibitoki byeza kandi ko bishobora kwibwa n’inkozi zibibi ndetse n’inzabibu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mushiki wawe (step sister) Kampororo Maria n’umwe mu bagize inkozi z’ikibi zagiye gushakisha imyuka mibi yo kuguhumanya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona intumwa ya Satani Paul Gitwaza, yohereza imbaraga z’umwijima kubugingo bw’Umuhanuzi Majeshi Leon kugirango adakomeza gukora umulimo w’Imana maze Gitwaza Paul intumwa ya Satani azabone uko yirata cyane kugirango azavuge yuko we ari umukozi w’Imana ko umuntu wese umuvuze agomba guhura n’ibibazo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, usengere aba pastor (2); intumwa ya Satani Gitwaza Paul agiye ku bateza imyuka mibi cyangwa kubatangaho ibitambo, umwe ni umunyamulenge mwene wabo w’inzobe, naho undi n’umunyarwanda mugufiya utari umunyamulenge abo bombi dore yabarangije kubashyira kuri lisiti uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abamalaika bamanuka mu ijuru bazanywe no gutabara abantu intumwa ya Satani Paul Gitwaza akomeje gutangaho igitambo kugirango akomeze kugirwa igikomerezwa mukarere kibiyaga bigari (the great lakes) abe ari we uzakomeza kumenyekana no kuba igitangaza kw’isi yabazima. Mbona abo abamalaika basenya imbaraga z’umwijima zose Paul Gitwaza yari yahawe zo guhumanya abantu b’Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, intumwa ya Satani Paul Gitwaza amaze gusahura umutungo w’urusengero awigwizaho akaba amaze kugura inzu mu mahanga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu. intumwa ya Satani Paul Gitwaza amaze guhitana abantu benshi cyane abanyuza iy’ubusamo akibwira yuko Uwiteka Imana Nyiringabo atabireba uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka wera aguhaye imbaraga zo guhangana n’imbaraga z’umwijima, dore Uwiteka yongereye izindi mbaraga mu bakiranutsi kugirango babashe guhangana n’ibihe by’imbaraga z’umwijima mukarere kibiyaga bigari kuko intumwa ya SATANI PAUL GITWAZA akomeje guteza ibibazo bikomeye cyane mukarere kibiyaga bigari ndetse yageze naho atangaho ibitambo bene wabo b’abanyamurenge uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana menyesha ubwoko bw’abakiranutsi ibyo intumwa ya SATANI PAUL GITWAZA alimo gukorera itorero rya KRISTO kugirango abazabasha gukora amasengesho y’iminsi (7) kugirango basenye imyuka mibi ya Gitwaza Paul yahawe yo guteza abatuye mukarere kibiyaga bigari uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

igice cya (15) cy’Ubuhanuzi

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar