Abavugu butumwa binjira mu ishyirahamwe rya SATANI ryitwa ILLUMINATI

20 Sept, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa ILLUMINATI zivuye muri Kenya, zije muri gakondo yabakiranutsi. Zije kuyobya abanyarwanda. Dore bohereje itsinda ry’abantu biyita abakozi b’Imana bavuga ko akeneye gutanga amahugurwa abitwa abakozi b’Imana bo muri gakondo yabakiranutsi. Ariko n’uburyo bwo kubashyiramo imyuka mibi kugirango bisange bamaze kwinjira muri ILLUMINATI uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abashumba (Pastor’s) bashaka abavuga butumwa bubushake bashaka kujya muri ayo mahugurwa, mu gihugu cya Kenya, mbona bandika abantu amazina yabo maze urubyiruko rwa barangije za kaminuza zitandukanye mu gihugu bajya kwiyandikisha amazina yabo kugirango bajye muri ayo mahugurwa kwigishwa iyobokamana. Ariko batazi yuko bagiye kwigishwa gukorera Satani, n’abadayimoni no kwagura ubwami bw’abadayimoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urubyiruko rw’abarangije kwiga bakabura akazi, bagiye kwiyandikisha kubashaka kujya gukorera amahugurwa muri Kenya yo kuzaba abakozi b’Imana ndetse bababwira yuko bashobora kuzabashakira abaterankunga, kandi abo abaterankunga niba ILLUMINATI uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ndetse na magigiri Pastor MBABAZI JULES, na we ari muri abo bagiye kujyanwa gukora ayo mahugurwa (training) kugirango bizamufashe uko azajya agigira abo ingoma y’abega ishaka guca ibihanga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nibamara kugera muri Kenya umurwa mukuru wa Nairobi bazahita bajyanwa ahitwa KIAMBU KAUNTYLIMURU, aho niho hari ibiro bikomeye bya ILLUMINATI.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nibamara kuva mu mahugurwa bazaza gutangira ibikorwa bya Satani byitwa ko bavuye guhugurwa ku buryo bwo mu rwego rwo hejuru nyamara n’intumwa ya SATANI Gitwaza Paul ni ko yangiritse kubera gushaka kuba ukomeye byatumye akurwa mu buntu bw’Imana uko niko yatangiye gukorera Satani yibwira ko akorera Imana aza kwisanga alimo gukorera Satani nyuma yuko Uwiteka Imana amushyize ku karubanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abashumba (pastor’s) bakorana nizo nkozi zibibi babwirwa kuzajya batumira abavuga butumwa bajye gutozwa kuzajya bavuga ubutumwa bw’ibinyoma! Kugirango bazajye bahabwa cash zitubutse (good money) bityo bamenywe nk ’abakozi b’Imana bo mu minsi y’imperuka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, aba bavuga butumwa mugiye kubamenyera ku mbuto zabo Galatian 5:17 For the desires of the flesh are against the Spirit, and the desires of the Spirit are against the flesh, for these are opposed to each other, to keep you from doing the things you want to do.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibyo nibyo bizaba menyesha ko badakorera Uwiteka Imana Nyiringabo kuko bagiye gushyirwamo umwuka wo gukunda iby’isi kugirango babwirize ibinyuranye nijambo ry’Uwiteka Imana yo mu ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Numva umwe mu ba Pastor abwira mugenzi we ati, ibi bintu tugiye gukora mu kanya wa muhanuzi Majeshi Leon arahita abishyira ahagaragara, mugenzi we aramusubiza ati, ntutinye kuko tuzavuga ko uliya muhanuzi yasaze yataye umutwe apfa kwandika ibyo yishakiye. Kandi biroroshye cyane kuvuga yuko yavangiwe n’abadayimoni kugirango ibye batabyemera urumva se tutazaba tumurangije?

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abasore n’abakobwa bagiye gutanga za ruswa (corruption) kugirango bashyirwe kuri lisiti ya bagombaga kujyanwa muri ayo mahugurwa y’inkozi zibibi za Satani kugirango bibonere umurimo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abo muri gakondo yabakiranutsi ibigiye kubaho kubana babo burubyiruka kugirango batajya mu ishyirahamwe rya SATANI ryitwa ILLUMINATI, kugirango batabura ubugingo buhoraho uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi arashaka gufungura amashami ye, muri gakondo yabakiranutsi, kugirango abone uko aburizamo umugambi w’Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko bamaze kumenya yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo afite gahunda yo gutangiza guca imanza zitabera muri gakondo yabakiranutsi azacira isi yose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore urubyiruko rwo muri gakondo yabakiranutsi barembejwe nibura ry ’akazi, ubuzima bwa babereye ingume, none bahisemo kwinjira mu ishyirahamwe rya SATANI ryitwa ILLUMINATI uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muri gakondo yabakiranutsi hadutse ubusambanyi budasanzwe kandi bunuka cyane, aho abasaza basheshe akanguhe hari hagati y’imyaka (4560) balimo gusambanya abakobwa biga mu mashuli y’isumbuye ubabwire ngo muriyimbire kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atajya anegurizwa izuru uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abahutu bagurishije bene wabo, kuko Leta ya RPF yamaze gushaka abanyepolitike ibaha intonorano ngo bajye mu baturage ba babwire ko badakwiye guhirahira ngo bazatore oya mu matora ya 2017 ngo kuko abazabitinyuka bazahura na kaga gakomeye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

egretnewseditor@gmail.com 

Translate »
Skip to toolbar