Iyo badasangira icyubahiro n’Uwiteka Imana Nyiringabo, nta bwo ibigiye kuba byari kuzongera!!!

Sept 10,2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bo mu bwoko bwanjye bw’Abatutsi babaye babi cyane kubera gukiranirwa niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, kubera kugambirira gukiranirwa no kumena amaraso menshi atariho urubanza ikibabaje cyane, ntibumva imbuzi z’Uwiteka Imana yabakiranutsi, nanjye kuri wa munsi nzabaseka kandi nzabirengagiza nk’uko nanjye banyirengagije uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana yawe, arimo kwegeranya abantu bacye cyane basigaye muri gakondo yabakiranutsi, kandi abamanuriye umwuka wo kwimuka kandi igitangaje barimo bimukira ahantu hamwe kugirango Uwiteka azabarindire hamwe kuko mu minsi iri mbere IMPALA zigiye gucuranga indirimbo ishimishije kandi iyo ndirimbo izabyinwa n’amahanga yose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura kandi uvuge uti, bwoko bw’Uwiteka mwumve imbuzi zanjye, kugirango ku munsi wa makuba, nzabagirire neza. Kuko ibikomeye biraje kandi ntibitinze, ahubwo bigeze imbere y’irango rya gakondo y’abakiranutsi. Nzabarinda nk’ubugenge kuburyo amahanga nabona umuntu warokotse ibyago ngiye guteza iki gihugu, nta bwo bazabyizera ko ari mwebwe mwarokotse umuriro, akaga, ibyago, amakuba, ni bindi bisa nk’ibyo ndashaka kwihesha icyubahiro k’Umwakagara kugirango isi yose izamenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amahanga azakorwa nisoni kuko ntazayemerera yuko hari umuntu n’umwe bazarokora, kugirango sinzagire uwo dusangira icyubahiro, na mwe muzarokoka muzavuga ko Uwiteka ari we wenyine wabarokoye kuko ubushize mwavuze ko mwarokowe n’ingabo z’inkotanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
njyanwa mu iyerekwa mbona ndi gukora ahantu hasa no muruganda rw’itabi, na bonaga arijye uhagarariye ibikorwa byose birimo gukorerwa muri urwo ruganda.
Ntangazwa no kubona urwo ruganda rw’itabi twateguraga ruhindukamo amashillingi kuko iryo tabi ryali itabi ry’ibi babi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Hanyuma kandi urwo ruganda rwabaga mu modoka twakwita Factory Mobile Car (FMC); mbona umwuka w’inzika y’inzigo y’Umwakagara na wo uje gukorera muri urwo ruganda.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara azasenya inganda zo kwa Rwigara Assinapol izindi azigarurire kuko afite ubwoba bwo bazamukura ku ngoma akaba aliyo mpamvu yahitanye Rwigara Assinapol rugikubita uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Igice cya (14) cy’Ubuhanuzi
NB: Ariko iyo ID na Passport igihe mwabishakiye, ntimuraruha? Ubanza mulimo gushinga uhumunda ku kirenge, ngo kwa Rwigara bagiye kumpa agatubutse!? Mwarasaze! So stupid!