Itangazo

Twongeye gusaba abantu balimo gusaba guhabwa ubutabera ku kibibazo byabo yuko nta (services) y’ubuntu ihari kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabutegetse. Ushobora kuvuga ubushobozi ufite uko bungana hanyuma tukareba yuko wahabwa ubutabera ku bibazo byawe.

Ntabwo bikenewe yuko wisobanura cyane, kushaka ubutabera ujye uvuga icyo wifuza kugirango turase ku ntego, ariko ibijyanye no guhabwa ubutabera ku bibazo byawe ku buntu nta bwo byashoboka Uwiteka Imana Nyiringabo yarabyanze.

Yavuze ko iyo mugiye kwa muganga ngo murishyura, mwajya mu bapfumu mukishyura, nta bwo rero ubutabera bwe ari bwo muzajya muhabwa ku buntu.

Guciraho iteka ibyaha byawe n’ubuntu, ariko guciraho iteka ibibazo byawe birishyurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yabitegetse.

Umaze kumva ko witeguye guhabwa ubutabera bw’ibibazo byawe, uzajye wandika ibibazo byose ufite na amzina yabo usubira ubutabera yaba amahimbano cyangwa nyakuri ubyandike kuri computer maze ubyohereze kuri email ya

nccleon@gmail.com

Skip to toolbar