Dore amakuru y’umuntu twaraye tuvuganye ugiye guhabwa ubutabera email yawe nibagiwe ndayahagura kumpamvu z’umutekano wawe

Njyanwa mu iyerekwa mbona uruziramire rwamize ubutunzi bw’umuntu, nibye byose, mbona urwo ruziramire (PYTHONruje muruzabibu rw’Umuhanuzi akaba n’Umwami wa gakondo ya bakiranutsi, ruza rushaka kwinjira mu nzu y’umulinzi ushinzwe kulinda ibyasezeranijwe abakiranutsi, rumaze kwinjiramo muri iyo inzu, umucamanza uca imanza zitabera ararufata arushyira kw’ikarayi yarili kumashyiga yakaga umuriro mwinshi cyane, maze ararukaranga rurashya rurangira burundu.

Mbona kandi haje iyindi inzoka yo mu bwoko bwa COBRA nayo iraza yinjira muri ya inzu, nayo umucamanza uca imanza zitabera arayifata ayishyira mu ya karayi ya mavuta nayo irashya ishiraho burundu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, Umwami Kigeli Ndoli ngiye kohereza umuntu wo mu bwoko bwanjye kugirango uzamuhe ubutabera kugirango ubutunzi bwe bwatwaye bugaruzwe kandi azishyura ibihumbi bya ama euro € 13000 ku muryango we wose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Skip to toolbar