Ya nyamaswa ya mahembe ll

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti Umwami Kigeli Ndoli, Iroma Vatican kwa PoPe byakomeye cyane ntabwo bimeze neza.

Ku munsi wejo waciye iteka ry’abanyamadini yose azizihiza umwaka mushya muhire wa 2023.

Byabaye ikibazo gikomeye cyane ku idini rya Satani RCC. Iriya nyamaswa ubonye ya mahembe ll, hamwe n’ubundi bushami butoya bushamikiyeho kuruhanga rwayo, n’idini rya RCC.

Wabonye ko muruhanga rwayo isa na ya nyamaswa yuduhembe twinshi yo mu ishyamba yitwa deer.

Yizamuye cyane ijya hejuru yivuga nk’intare kugirango ijwi ryayo ryumvikane mw’isi yose. Bisa nk’aho ijwi ryayo ritageze kure aho yifuzaga ko rigera!!?

Yongera kwivuga lll noneho ijwi ryayo risa ni rigiye hasi cyane kurusha uko ryali hejuru mbere yivuga.

Bisobanura ko, ingufu kiliziya gatolika yarifite zamaze gucishwa bugufiya. Uko izamura ijwi ryayo, niko ubushobozi bwayo bugenda bugabanuka.

Turiya duhembe (horns) dutoya dushamikiye kuruhande rwa mahembe ll, ndetse hamwe n’ibyatsi byinshi byamezeho, n’amahanga ashyigikiye RCC.

Idini rya Satani RCC ryavugije induru biyamirije iteka waciye. Amahanga ashyigikiye iryo dini nayo ni uko bavuga ko ari uburenganzira bwabo. Ariko bibagiwe yuko na we ari uburenganzira bwawe bwo guca imanza zitabera.

The rhema word comes from heaven unto me and told me that man of living God of heaven, condemned RCC obtained n°19369/0001/0023

The rhema word comes from heaven unto me and told me that man of living God of heaven, condemned all countries supporting them obtained n°19370/0001/00223

Skip to toolbar