Iteka rya rusange!!?

Ibiro ntara makuru byo mu ijuru “Heaven News Media Agency” biratangaza amakuru akurikira.

Ucireho iteka umuntu wese uri bujye mu isinagogi (Synagogue) kujya gutangirirayo umwaka.

Igikorwa cyo gutangira umwaka ntabwo ar’igikorwa cy’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Nigitekerezo cyiza cy’abantu cyuzuyemo uburiganya bwo gushaka indonke muri rubanda.

Niba ufite mwene wanyu cyangwa inshuti, uyiburire. Other wise iri teka ni rya burundu.

Gushima Imana biremewe! Aho waba uri hose, ariko gusenga usaba kandi ulimo guhabwa ubutabera n’ijuru, it’s prohibited. Ntibyemewe. Niba Ushobora kwicara iwawe cyangwa iwanyu, cyangwa iwabandi ugashima Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ibyo yagukoreye bidasabye kujya muri sinagogi well and good. Ibyo ntibihanwa na mategeko. Kandi guhabwa ubutabera biruta gusenga kuko uhabwa ibyo amasengesho adashobora gukora.

Isi yose ejo izacirwaho iteka uko yakabaye. Ndetse yamaze gucirwaho iteka.

All the people will celebrate new year 2023 before and after obtained n°19311/0001/0023

Skip to toolbar