Birashoboka ko, atazamara amezi (6) ku butegetsi.

Ku wa (6) gishize, William Ruto akubutse mu nama muri Amerika New York United Nations general assembly, ku cyumweru yatumije abapastors (40) kuza gusengera state house, ndetse asaba nabari batumiwe kuvuga mu ndimi(in tangues).

Kumugoroba nyuma yo kuva state house, yahagaye Raila Odinga amusaba ko bahura bakaganira. Ruto yajyanye deputy president Rigathi Gashagua, Raila Odinga atumira Kalonzo Musyoka, umunyamategeko we Paul Mwangi, na Charty Ngiru.

Amakuru yizewe avugako, Raila yahamagaye Uhuru Kenyatta amugezaho inkuru ivugako, Ruto yifuza guhura nabo bakaganira. Uhuru yasubije ko barangizanyije taliki 13/09/2022 amuha ubutegetsi.

Ubwo Raila Odinga yasabye umunyamategeko we Paul Mwangi kugira icyo abaza mbere yuko William Ruto avuga ikimugenza.

Lawyer yabajije Raila Odinga ati, na none uje gukora hand shake na Ruto? Ati none wazanye Kalonzo kandi wagombaga kuzana Martha Karua icyegera cyawe biragenda gute?

Raila yasubije ko, yazanye Kalonzo kuko ariwe uri muri politike nka oppositions, naho we ko yavuye muri politike. Kalonzo yasubije baza launching igikorwa cyo kwigaragambya cyabaye kuwa mbere, kandi kikazakomeza kizajya Kiba ku wa mbere no ku wa kanne..

Ruto akimara kumva ayo magambo yahise ahaguruka abwira Raila ngo my teacher you quit from politics? Yahise ajya ku wa kabili yatangarije citizen tv ko : Ruto on working with Raila Odinga, if comes by, i’ll find something, but not in handshake.

Amakuru aturuka ahantu hizewe avugako, imyigaragambyo yo kwamagana ubutegetsi bwa Ruto, na bacamanza baciye imanza babogamiye uruhande rwa William Ruto, bizajya bikorwa buri cyumweru, abagaragambya ni bagera million (1) bazagenda birukane abacamanza, nibamara kubirukana bakomereze state house birukane William Ruto kuko atatsinze amatora, kandi igihugu kikaba kiri mukaga gakomeye aho ubukungu bwifashe nabi, nubwo Joe Biden yamuhaye inkunga ingana na miriyali 23$ mu mashillngi na miriyali 2,760 ksh.

Amakuru akomeza avugako, UhuRaila bazagaragara muri iyo myigaragambyo abantu bamaze kugera kuri million (1) aho bagiye kwerekana imbaraga za demokasi na baturage. Birabe ibyuya ntibibe nk’ibya Sri Lanka aho abaturage baherutse kugumuka bakirukana president ku butegetsi.

Skip to toolbar