Monthly Archives: June 2019

Imyiteguro y’intambara ya lll y’isi yose,mukwibuka intambara ya ll y’isi yose mu gihugu cy’Ubwongereza!!!

Imihango yo kwibuka ku nshuro ya 75 igitero cy’ingabo z’ibihugu byishyize hamwe cyaganishije intambara ya kabiri y’isi ku musozo iraba muri iki cyumweru.Igitero kinini cyaganishije ku musozo w’intambara II y’isi cyagenze gite?

Inzara itumye bafungura umupaka,basanze ntayandi mahitamo!

U Rwanda rwafunguye by’agateganyo umupaka wa Gatuna uruhuza na Uganda.Imodoka nini ntizari zemerewe gukoresha uyu mupaka kuva mu kwezi kwa kabiri.

Igihugu Umuhanuzi yagihaye Hon.Umwali Shima Diane Rwigara,ntawundi muntu ushobora kuzasimbura Umwakagara!

 

      No peace

Amerika yahaye Turukiya igihe ntarengwa cyo guhitamo indege zayo z’intambara cyangwa misile z’Uburusiya


Turukiya iri gusabwa guhitamo hagati y’indege nk’izi z’intambara za F-35 zikorwa n’Amerika…
Turukiya yahawe igihe ntarengwa cy’impera y’ukwezi gutaha kwa karindwi ngo ihitemo hagati yo kugura indege z’intambara zikorwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika n’ubwirinzi bwo guhanura indege bw’ibisasu bya misile bukorwa n’Uburusiya.

Umwakagara yategetswe kurekura imfungwa zose za gisirikare zishinjwa ibyaha bya politike

Radiyo Ijwi ry’Amerika yamenye amakuru ko Lt. Joel Mutabazi wahoze ari mu itsinda ry’abasirikare barinda Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yaba agiye kugezwa imbere y’urukiko rw’ubujurire. We n’itsinda ry’abantu 15 baregwa ibyaha byo gushaka guhirika ubutegetsi buriho. Mu mwaka wa 2014 urukiko rukuru rwa gisirikare rwamuhanishije gufungwa ubuzima bwe bwose. Ijwi ry’Amerika yasubije amaso inyuma ireba bimwe mu bikuru bikuru byaranze uru rubanza.

Skip to toolbar