Daily Archives: May 10, 2019
BBL ifasha abafite ibinure bikabije ku mubiri cyangwa se abadafite na mba kugira imiterere bifuza
“Brazilian butt lift” (BBL) ni uburyo buzwi cyane muri Brazil, n’ahandi ku isi, bwo kongera ubunini n’imiterere by’amayunguyungu n’amabuno ku bagore. BBC yakurikiranye umukobwa witwa Shami washakaga ko babimukorera.
Robert Mugabe yahiritswe ku butegetsi mu 2017 ku gitutu cya rubanda cyatumye ingabo zimuvanaho Imitungo ya Robert Mugabe irimo za tingatinga zihinga n’imodoka za bigiye gutezwa cyamunara
Mu ruzinduko mu karere ka Rubavu Perezida Paul Kagame yibanze ku kubwira abaturage uko ubucuruzi bukwiye gukorwa anababwira ko nava ku butegetsi ashobora kujya kwikorera.Ariko se abega babaho batica ngo babone uko biba???
Analysis Pro 2018
Translate »