Umuhanuzi Elisha aza gusura Umuhanuzi Majeshi Leon mu butayu bugufiya
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire abantu bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko ibihe bigiye kuba bibi cyane mu myaka iri imbere More »
Never Trust the Iranian Regime – And NO to a ‘Moratorium’
Any agreement that would allow Iran a multi-year “moratorium” towards enriching uranium again would erase everything that President Donald J. Trump has so brilliantly and historically accomplished. Any “moratorium” is essentially no More »
Umwami Kigeli V Ndahindurwa ajyanwa kwima ingoma mu butayu bugufiya
July 25, 2016 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mu gihe cya Noah yabwiye abantu ibizabaho abasaba kwitegura uwo munsi w’I byago, akaga na makuba, More »
Europe’s ‘Global Alliance’ Is Not Peace, It Is Dispossession by Another Name
The so-called “Global Alliance for the implementation of the Two-State Solution” — co-chaired by the EU, Saudi Arabia, and Norway, with active European partners including the increasingly Israel-critical Netherlands, and openly Israel-hostile More »
Umugambi wo kwica Aimable Uzaramba Karasira wateguwe ku wa mbere ni njoro
Dore uko umugambi wo kwica Aimable Karasira Uzaramba wateguwe, babanje kumufata bamutamika uburozi, ari byo abacungagereza bavuze yuko ngo yabanje gutera amahane. Bamutamika uburozi hari umugabo umwe wari woherejwe na DMI. Bamaze More »
‘Democracy’ Has a Peculiar Aftertaste
Ubuhanuzi busakabaka abega bahagaritse imitima bikomeye cyane!!!
Politike yo mu gihugu cyacu cya Kenya irasa naho ilimo guhinduka ku buryo bwihuse cyane, amashyaka ahuriye muri Kenya Kwanza administration (KK regime) amwe atangiye kuvamo (Ford Kenya ya speaker of parliament Moses Wetangura) ari mu bamaze gutangaza ko batakiri mu impuzamashyaka ya KK regime. Speaker of SENETORS Amason KING ubalizwa MOMBASA bakunze kwita COST, nawe yamaze gutangaza ko ishyaka rye ritazifatanya nishyaka rya Samuei William Ruto lili ku butegetsi rya UDA.
RDF balimo kwivanga mu buhanuzi
12 April,2024 ibiro ntaramakuru byo mu ijuru «Heaven News Media Agency» biratangaza ko mu ijoro ryakeye inama nkuru y’umutekano ya RDF security council committee yaraye iteranye mu buryo budasanzwe bwihuse kandi buhityeho. Yemeje itegeko ribangamiye abaturage ariko cyane ingabo za RDF, aho bemeje yuko umusirikare uzafatwa asoma Ubuhanuzi azahanwa byintangarugero.
Burya isooko y’umwijima ntabwo iba kure
Mu buzima ubusanzwe hariho ibintu umuntu adakwiye kwirirwa ahangana nabyo, ibyo bita «natural disasters» bituruka kumiterere y’isi, cyangwa bikaba byaterwa n’Ubuhanuzi bwaba buriho cyangwa butariho bitewe na none n’ibihe uko bimeze. Kuba umuntu atajya yifuza ko Uhoraho Uwiteka Imana yajya ashyira ahabona iby’ejo hazaza, n’ikimenyetso cyerekana intege nke za muntu. Kandi kikerekana ugushaka kwigenga kwa cyane kwatumye IMBOGO yarikwaho na mavubi.
How Biden is Sabotaging His Peace Deal Between Israel and Saudi Arabia
Arab states are motivated to sign peace treaties with Israel when they see Israel as a winner. By pressuring Israel not to invade Rafah, the US administration is sabotaging its own efforts to persuade Saudi Arabia to normalize its ties with Israel. Pictured: US Secretary of State Antony Blinken meets with Saudi Crown Prince Mohammed bin Salman in Jeddah, Saudi Arabia on March 20, 2024.

















