Ubuhanuzi busakabaka abega bahagaritse imitima bikomeye cyane!!!

 

Politike yo mu gihugu cyacu cya Kenya irasa naho ilimo guhinduka ku buryo bwihuse cyane, amashyaka ahuriye muri Kenya Kwanza administration (KK regime) amwe atangiye kuvamo (Ford Kenya ya speaker of parliament Moses Wetangura) ari mu bamaze gutangaza ko batakiri mu impuzamashyaka ya KK regime. Speaker of SENETORS Amason KING ubalizwa MOMBASA bakunze kwita COST, nawe yamaze gutangaza ko ishyaka rye ritazifatanya nishyaka rya Samuei William Ruto lili ku butegetsi rya UDA.

Kuva aho bamenyeye yuko amatora yaba agiye gusubirwamo, ishyamba si ryeru! Kuko byashoboka yuko SERVER yaba yarafunguwe nyuma yahoo Musalia Mudavadi atangarije yuko amatora yabaye 2022 ataravuzweho rumwe, yaba agiye gusubirwamo. Amashyaka yari yishyize hamwe agashyigikira Samuei William Ruto, bamubonagamo nk’umuntu ushobora guhindura ibintu aho yavugaga ko ashaka ko (dynasty) basa naho bigaruriye igihugu, we nk’umuntu ukomoka mu muryango wa ba (hustles) akaba ashaka ko yategeka igihugu, maze abakene nabo bagahabwa agaciro ndetse bakinjira mu butegetsi bagasangira umugati nabo bita (anarchist). Sharing nation cake.

Ariko n’ubwo yakoresheje amagambo agaragaza ko yitaye kuri ba rubanda rugufiya, ntabwo byamuhesheje gutsinda amatora y’umukuru w’igihugu. Amakuru yatohojwe n’ikinyamakuru www.inyangenewss.com  ni uko yatanze ruswa ingana na miriyali (28BN) yazihaye uwari akuriye akanama gashinzwe amatora yabaye 2022 Chibukati Wafula.Amakuru afite gihamya twabagejeho ni uko Raila Odinga yabonye million 8,200,000 by’amajwi naho William Ruto akabona million 5,900,15,000

Wafula Chibukati wari umukuru wa kanama ka IEBC yasabwaga byibuze kubona ba (commissioners 3) nawe wa (4) nk’uko biteganywa n’itegekoshinga kugirango yemererwe gutangaza uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu. Form 34 C yandikwaho amajwi yabaharanira umwanya w’umukuru w’igihugu, iba igomba gusinywaho na ba commissioners bose ari (4) majority.

Iyo 34 form C ntabwo yigze isinywaho na commissioner n’umwe, byagaragaye muri (Bipartisan talks) bise National Dialog Committee (NADCO REPORT). Barebye ibikoresho byakoreshejwe balimo za mudasobwa ndetse za (forms) basanga 34 C form yarasinyweho na chairman Wafula Chibukati wenyine. Ibyo bikaba bitemewe n’itegeko shinga.

Muri ibyo biganiro halimo intumwa za AU na UN, byagaragaye yuko koko Ruto atatsinze amatora y’umukuru w’igihugu. NADCO REPORT yarigizwe na bashingamateka (5) kuri buri ruhande. Bivuze ko bose hamwe bari (10). Umusaruro wavuye muri ibyo biganiro wemejwe n’intekoshinga mategeko zombi halimo na SENETE. Maze biba bihindutse itegeko ry’uko ububiko bw’ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu bufungurwa hakamenyekana uwatsinze amatora y’umukuru w’igihugu.

Ubuhanuzi bwavuze ko, amatora yo mu gihugu cy’Ibabyloni azasubirwamo, cyane ay’umukuru w’igihugu n’abashingamateka ngo kuko yabayemo ubujura kandi ubwo bujuru bukaba bwaramaze gucirwaho iteka. Ku cyumweru cyashize taliki ya (8) Samuei Ruto yakoranye inama na za magigiri z’abega, zimubwira yuko kuba amatora agiye gusubirwamo ngo ni uko namuciriyeho iteka.

William Ruto yabagishije inama niba ashobora kunshaka tukavugana, bamubwirako byaba byiza anshatse tukavugana hanyuma yarangiza kuvugana nanjye akababwira ibyo twavuganye ngo kuko nabo bifuzaga yuko bamunyuraho tukavugana!

Ikibazo nyamukuru gihari ntabwo ar’ukuvugana kuko byashoboka cyane, Ikibazo gihari bose ni bagafuni wahura nabo ntabwo waba uikibacitse! That’s the problem they have it. Iyo uhisemo kuba umwicanyi, igihe kikaza kugera aho ukenera kuvugana na bantu byamaze kugukomerana, usanga bigoye cyane uburyo wakwikura muri icyo kibazo aho usanga bisaba ko bifata indi ntera ikomeye cyane kugirango uzabashe kwikura mu kibazo kigukomereye!!!

Ubuhanuzi kandi bwategetse ko niba abega regime bifuza ibiganiro, barasabwa kubanza kwishyura kuri account y’Umwami Kigeli Ndoli amashillingi ya Kenya angana na miliyari (89 BN) shillings.

Ubwo abega bazahitamo kujya mu butayu izomiliyari bazazikoresha amazu mu butayu bugufiya, cyangwa bakazahitamo gukora ibyo Ubuhanuzi bwabasabye gutunganya kugirango batazajyanwa mu butayu bugufiya.

egretnewseditor@gmail.com

Skip to toolbar