Umuhanuzi Erisha aza gusura Umuhanuzi Majeshi Leon mu butayu bugufiya
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire abantu bashake mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, kuko ibihe bigiye kuba bibi cyane mu myaka iri imbere itari kure cyane kugirango Uwiteka Imana Nyiringabo azabashe ku barinda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ba maneko bakorera urwego rw’ubutasi rw’ u Rwanda National Intelligence Security Services NIS bashyizeho abantu benshi mu murwa mukuru w’ISHUSHAN-Nairobi kugirango bashakishe aho uherereye babone uko barimbura ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abadayimoni bintambara baguhagurukiye ukwiye kubaciraho iteka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned battles spirits of demons obtained N° 278/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned leaders of Rwandan National Intelligence Security Services NIS obtained N° 279/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo we uzagezahe kwihanganira inkozi z’ikibi zigenza umugaragu wawe n’ubwoko bwawe? Niki gituma ubihanganira bagakomeza kumena amaraso ya batariho urubanza? Ese wibagiwe yuko turi mugihe cy’ubutabera bwawe? Niko Umuhanuzi Majeshi Leon abaza!!! Ntabwo ukwiye kubihanganira nubwo wabaciriyeho iteka ukabavugaho ibikomeye, ibyago byabo na makuba yabo bikwiye kubageraho nkuko wabivuze, kuki ubihanganira naho twebwe ntutwihanganire ndetse ntutugirire imbabazi?!!!
Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, wibabazwa ni nkozi z’ikibi kuko igihe cyabo cyo guhanwa cyateganijwe nta bwo kizarengaho n’umunsi umwe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
July 27, 2016 ijambo ry’Uwiteka Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihugu cy’Ibabyloni kigiye gucana umubano mu bya gisirikare n’igihugu cya America, kuko bari bafite ibihumbi 30,800 bagiye kwirukana izo ngabo z’America hasigare ibihumbi 10,800 uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hagiye kubaho impinduka zikomeye cyane hagati y’America ni bindi bihugu bakoranaga nayo, haba mu bukungu cyangwa muri politike y’isi yose America yagenderagaho, hazahinduka byinshi abari biringiye icyo gihugu kigihangage kw’isi bazakorwa nisoni uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mwana w’umuntu, umugisha Uwiteka Imana Nyiringabo yakuvuzeho uraje wihuta cyane uko niko Uhoraho Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Nyiringabo aguhaye radio uzajya uvugiraho amakuru atari ukwandika gusa, ahubwo uzajya unayavuga kugirango ubwoko bwe burusheho gusobanukirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ube maso cyane kuko abadayimoni bintambara (buffalos) baguhagurukiye baje ku kurwanya uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umugore ushinzwe kuroga abantu bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, yaroze abantu benshi cyane bavuga ko basenga kandi bakubaha Uwiteka Imana Nyiringabo, maze atumwa kuza kuroga Umuhanuzi Majeshi Leon, ageze mu gace ntuyemo, ahura ni mbaraga z’Ubuhanuzi ziramutwika asubirayo ahunga cyane uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned which craft woman against God’s people obtained N° 280/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned which craft woman against a great prophet of God Majeshi Leon obtained N° 281/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
July 28, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zikibi Satani na badayimoni babonye ko babuze uko bica Umuhanuzi Majeshi Leon, bajya inama yo gushaka uko bashimuta ikinyamakuru www.inyangeNews.com maze Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aburizamo umugambi wabo uko niko abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arinze ubugingo bwawe hamwe na gakondo yawe uko niko abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all hackers wanted to barn InyangeNews.com obtained N° 282/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the Rwandan government sponsor them obtained N° 283/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned the Rwandan government agents of NIS obtained N° 284/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Mumbai India hackers obtained N° 285/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Mosco hackers obtained N° 286/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Beijing China hackers obtained N° 287/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Boston US hackers obtained N° 287/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned New York US hackers obtained N° 288/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abantu bose barwanya ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, abadayimoni barwanya ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, hamwe na Satani, bose bagiye kujyanwa mu butayu bugufiya bazamenya ko Uhoraho Nyiringabo ari we waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all the people works with Satan obtained N° 289/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned all demons serving Satan obtained N° 290/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that man of Living God of heaven, start to condemned Satan himself obtained N° 291/0006/0016 thus is heaven judiciary decision.
July 29, 2016 njyanwa mu yerekwa mbona Umuhanuzi Elisha wanditse igitabo (1king and 2king) ibitabo (2) by’Ubuhanuzi bwa bibiliya aza kunsura aho nari nibereye mu butayu ndimo kwigishwa imitegekere y’ubwami bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ampa amabwiriza uko nkwiye gukomeza gukora umurimo wa data, ansigira n’umwuka we wo guhanura no gukora ibitangaza bikomeye cyane, kandi biteye ubwoba uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kuzajya aguha Ubuhanuzi bukomeye cyane ku buryo abantu bazashidikanya ko ar’Imana ivugana nawe, cyangwa ari amakuru uhabwa na bantu maze ukabyita Ubuhanuzi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mushiki wawe namuhaye abana arangije arabandutusha abahindura ibigirwamana abakunda ku bandutisha ndetse namwe ba nyirarume ya bahinduye ubusa imbere ye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
egretnewseditor@gmail.com











