Category Archives: Healith

Umugore wo muri Ethiopia yakoze ikizamin haciye iminota 30 yibarutse

Umugore wo muri Ethiopia ufite myaka 21 yabwiye BBC ko yakoze ikizamini cyiwe cyo kurangiza amashuri  yisumbuye inyuma y’iminota 30 yibarutse.

Kuki kwivuza muri Amerika bihenze kurusha ahandi hose ku isi?

Mu gihe cy’imyaka myinshi ishize, inganda zikora imiti zafatwaga nk’igice “ntakorwaho” muri Amerika, kubera imbaraga z’abanyapolitiki bazivuganira.

Umugore wo muri Tanzaniya yibaze aribyaza

Mu gace kitwa Rukwa hafi y’ikiyaga cya Tanganyika mu majyepfo ya Tanzaniya, umugore yafashe urwembe aribaga abasha kwibyaza umwana yari atwite.Igikorwa cya Joyce Kalinda w’imyaka 30 y’amavuko cyatangaje benshi, bavuga ko ari ubutwari. Uyu yari umwana wa munani abyaye.

Abahanga baratabariza kuko inyanja ziri kuzamuka birenze uko byari byitezwe, ingaruka ziteye inkeke


Urubura rwa Greenland rushonga ku rugero rukabije
Abahanga bavuga ko amazi y’inyanja ari kuzamuka ku kigero kitari kitezwe kubera gushonga kwihuse kw’urubura rwa Greenland n’inyanja ya Antarctica.

Barabuzwa niki kubyita ubujiji ko abana babo bibereye mu Burayi n’America!

 

Ababyeyi baje muri gahunda y’imbonezamirire ku kigo nderabuzima cya Rubungo mu karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali
Abega nibigoryi ku buryo butangaje,ubujiji namafunguro bihuriyehe,ko bavuye Uganda ar’injiji byababujije gufata igihugu? Muzabeshye abashinwa abatazi ikinyarwanda.Usibye ko muri iyiminsi nabo bakimenye.

Skip to toolbar