HomeJusticeAbashaka kuzarindwa n'Uhoraho Nyiringabo mu intambara igiye gukura abega ku ngoma, basabwa...

Abashaka kuzarindwa n’Uhoraho Nyiringabo mu intambara igiye gukura abega ku ngoma, basabwa kuba bafite ubwishingizi bw’ubutabera bw’Uwiteka Nyiringabo

Dushingiye ku Buhanuzi ni manza zitabera, ibintu bishobora kutazoroha bitewe nibyo tumaze kubona Ubuhanuzi bwagiye busohoza umurimo wabwo cyane ubwa vuba aha aho America n’ibihugu by’Iburayi EU bafatiye ibihano ubutegetsi bw’Abega nyuma yuko Ubuhanuzi bwa IRAN bwasohoye mu gihe cy’u kwezi kumwe gusa. Uhereye Jan 28 to Feb 28 na nubu rukaba rukigeretse.

Dushingiye ku Buhanuzi tutarimo kwandika bitewe ni uko budacyenewe cyane, kuko abo bureba nta bwo muri abana bata umutsima, buravuga ko ibintu bikomeye cyane kandi bitoroshye ndetse ko ingoma y’abega biteguye gukora genocide ya ll nkuko bahora babyigamba kuri za nkoranyambaga.

Ni nyuma y’imyaka (17) twandika Ubuhanuzi ni imyaka (10) duca imanza zitabera; hari inzira (2) zisigaye zonyine zishobora gukoreshwa mbere yuko abega bakurwa ku ngoma kuko ubutegetsi bwabo burangirana n’uyu mwaka wa 2026:

  • Inzira ya mbere n’ugusaba ubutabera umucamanza uca imanza zitabera z’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo buhagarariwe n’Umwami Kigeli Ndoli, birishyurwa nta bwo ubuhabwa ku buntu.
  • Inzira ya kabili n’uguhunga ukava mu gihugu ugashaka ahandi ujya, byumvikana yuko abega ni bahunga bazagusangayo aho wahungiye usibye ko wenda bazaba batagifite ingufu zo kuba baguhunganya.

Abega bagiye guhura n’intambara ikomeye cyane itarigeze kubaho, kandi nabo barabizi neza cyane yuko bageraniwe. Aliyompamvu bagiye kwica abantu benshi cyane bakubye inshuro (7) abishwe muri genocide 1994 kubera umujinya wo kwamburwa ubutegetsi.

Ngirango murabona ko batangiye gucyenesha abantu bafunga inganda kugirango abantu batava mu gihugu kandi naho bahunga bazabure impamba bazahungana.

Nta bwo dushaka gusubiramo ibimenyetso kuko byanditse mu gice cy’imanza zitabera n’Ubuhanuzi mu gice cya (310) murahasanga ibimenyetso byose byamaze gusohoza umurimo hakaba hasigaye abega no kwa Rwigara Assinapol gusa. Iyi nkuru nyanditse kubusabe bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yifuje kumenyesha ubwoko bwe.

 egretnewseditor@gmail.com 

Previous article
RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments