Daily Archives: February 24, 2026

Tabitha Gwiza yafunguye channel nshya ya makuru yo kumuhanda!!!

Dushingiye kumakuru yatangajwe na Tabitha Gwiza yafunguye iyindi channel ye yihariye yitwa Tabby G bigaragara yuko radio iteme atazajya ayivugiraho cyane cyangwa ngo ayikorereho kenshi. Habanje Jean Paul Turayishimye wayivuyeho afungura Africa daily updates ubu imaze gushora imizi cyane.

Kuba Col.Willy Ngoma abega bamurasiye kurugamba bya mbabaje n’ubwo tutaziranye!!!

Col.Willy Ngoma ashobora kuba yarashwe na RDF

Umwaka ushize wa 2025 Col.Willy Ngoma yarafunzwe amara igihe atagaragara nyuma yuko bakuyemo Bukavu bayigarurira ikajya mu maboko ya M23. Hamwe na bagenzi ba harimo na LT. Col baje gufungirwa Igoma bazira kuba bataratanze report ya mabuye ya gaciro basahuye byaje kubaviramo gufungwa igihe kigera ku mezi (2) RDF na AFC/M23 babonye amakuru akomeje gucicikana za nkoranyambaga bahitamo kubarekura kuko hari hatangiye kwinjiramo uruntu runtu rwa Masisi na Rucuro bituma abega babonako bishobora gutuma intambara isubira inyuma bahitamo ku barekura.

French minister moves to block US envoy Kushner from government access

The French foreign ministry says US envoy Charles Kushner should be blocked from access to the government after he failed to explain comments about an alleged “rise” in violence in France. Kushner, father of Donald Trump’s son-in-law Jared Kushner, had been summoned to meet French Foreign Minister Jean-Noel Barrot on Monday evening, but did not attend.

China’s Biological Weapons Labs in America

A Declaration of Arrest Report, issued by the Las Vegas Metropolitan Police Department in connection with the detention of Ori Solomon on January 31, states that there is a “deeper conspiracy” between an illegal biological lab in Reedley, California and a residence containing apparently dangerous substances in Nevada.

ingingo (4) zisigaye ngo abega bakurwe ku ingoma!!!

Ibiro ntaramakuru byo mu ijuru (Heaven News Media Agency) biratangaza ko icyemezo kwa Rwigara Assinapol (Mukangemanyi Adeline Rwigara) n’umuryango we bagiye gufata nicyo kigiye gusobanura gahunda yo muri gakondo ya bakiranutsi niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuze.

Translate »
Skip to toolbar