Uwiteka Imana Nyiringabo azahanagura amadini yo muri gakondo nk’ukuraho imyanda yo mu muhanda wa kaburimbo!!!

Nov 9, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zirirwa ziguhiga zamaze kunywa kuri ariya mazi, zamaze kuryoherwa n’ibyisi, nyamara hasigaye igihe gito, bagakozwa isoni imbere y’amahanga, ndetse n’isi yose, kuko Uwiteka ari we waremye isi n’ijuru, kandi byanze bikunze agomba kwihesha icyubahiro kugirango abatari bazi cyangwa bemera yuko mu ijuru har’Imana noneho bemere yuko ariwe Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’ Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, humura ntutinye kandi ntugire ubwoba buriya butayu warebesheje amaso yawe, ntuzongera ku busubiramo ukundi. N’ubwo umwe mu bo mukorana umurimo w’Uwiteka Imana Nyiringabo yamaze kugambana akaba yamaze no kurya intonorano z’umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugambanyi yamaze kunamuka mu byo kwizera, uhereye aho wa muhanuriye umubwira yuko agiye gushyirwa mu muhanda ntabwo yigeze akurwa ku ntego ye, kuko yamaze kwinjirwa na badayimoni bo kugambana, nyamara se ntihari hasigaye iminota (12) mukinjira mu byasezeranijwe uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, witinya wigira ubwoba, kuko ngiye kuguhisha mu gikari cy’abakiranutsi, dore nd’Uwiteka w’ifite imibiri byose mbese hariho icyananira?
Jeremiah 32:27 states, “Behold, I am the Lord, the God of all flesh. Is anything too hard for me?”. This verse, a rhetorical question, emphasizes God’s power and ability to fulfill his promises, no matter how impossible they may seem.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri z’Umwakagara zivuye kuraguza bazibwiye yuko ugiye kwambuka amazi magari, none zilimo gushandikisha kugirango zikoresha ba za magigiri bazo batuye mu mahanga ngo bigire nk’aho bashyigikiye umulimo w’Imana ukora kugirango bamenye gahunda zawe. Uramenye ube maso cyane, kandi ugire ubwenge uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi maze mbona habaye intambara mu murwa mukuru wa Kigali ikomeye cyane, abega bakurwa ku ngoma, za magigiri zishe umunyamakuru twakoranaga mu murwa mukuru wa Kampala witwa Ingabire Charles, mbona nazo ziciwe ibihanga ningoma bakoreraga kugirango babulizemo ibimenyetso nibatabwa muri yombi hatazaboneka za gihamya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona nkiri muri uwo murwa witwa Kigali wa gakondo ya bakiranutsi, mbona hapfa aba pastoro, ba Bishops, barimo Rwandamura Charles wahanuye yuko nta ntambara izongera kuba mu Rwanda ngo cyeretse hashize imyaka (400) ngo niho hazongera kuba intambara uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore iyo ntambara izagwamo abagore benshi cyane, na bakobwa benshi cyane, ku buryo gakondo ya bakiranutsi Uwiteka Imana Nyiringabo azayihanagura isigare yera nta myanda izasigaramo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nyuma y’intambara Umwami amaze kwima ingoma bizaba bikomeye cyane, kandi abarozi bakoreshwaga n’ingoma y’Abega bazacibwa ibihanga bose nta numwe usize uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bazagerageza kurwana cyane bagirango barengere ubwami bwabo n’ingoma yabo, ariko uko bazajya barwana na bashaka kubakuraho niko intambara izarushaho gufata indi ntera ikazarangira abega batsinzwe iyo ntambara bazahita bajyanwa mu butayu bugufiya aho bazajya kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nzika ya nzigo azahitana abantu bose bagize uruhare mugusenya ibigo by’imali byitwa za (microfinance) bakaba barabihombeje kubera umwuka w’ishyari no gutinya ko abanyarwanda bazamurwa mu ntera y’umugisha kubera iyo mpamvu ingoma y’abega bahisemo kubahombya uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amadini yo muri gakondo ya bakiranutsi yose azashiraho burundu kuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye gukubura igihugu cyose nk’uko uzi bakubura umuhanda wa kaburimbo ntihasigaremo umwanda namba kugirango isi yose izamenye yuko Uwiteka ariwe waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe mbere yuko ingoma y’abega ikurwaho, imfumgwa zifumgiye mu magereza yose yo mu gihugu, zizahura na kaga gakomeye cyane, kuko abega batazabura kubaca ibihanga abandi bakazabica umugenda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntakabuza ibizaba muri kiriya gihugu bizaba biteye ubwoba nk’uko byahanuwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.